• Tue. Jul 9th, 2024

President Wa Republika Ya Democrasi Ya Congo, Yashizeho Abacamanza Basha 5000 .

Share with others

Kuriki cyumweru, tariki ya 11.06.2023, itegeko rya perezida wa Republika ya Democrasi ya Congo Félix Tshisekedi, ryashyizeho abacamanza bashya harimo aba gisivili n’abagisirikare. Ibi nibyemejwe mu nama y’uyumwaka wa 2023.

Amakuru aturuka mu bacamanza avuga ko aba ari abanyamategeko batsinze ikizamini cyo gushaka abinjira mu bucamanza mukwezi kwa 10/ 2022 bityo bakaba basabwe gushyirwaho n’itegeko rya perezida wa Republika ya Democrasi ya Congo.

Perezida w’Urukiko ry’Itegeko Nshinga akaba na Perezida w’Inama Nkuru y’Ubucamanza, Dieudonné Kamuleta, ibi yabisohoye tariki ya 02.12.2022, i Kinshasa. Nimugihe kandi hari nibyavuye mubizamini by’abakandida b’abacamanza byemejwe ku ya 09.10, uwo mwaka wa 2022.

 Abacamanza bashya bashinzweho n'a Perezida bagera kubihumbi bitanu(5000), bakaba bongerewe ku bandi 3.004, gusa harimo n’abakuwe mukazi.

Ushobora kureba amazina yabacamanza bose bashinzwe ho.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.