• Mon. Jul 8th, 2024

Muri Bikarakara humvikanye haturikira igisasu cyo mubwoko bw’ibomba.

Share with others

Bikarakara hamvikanye haturikira igisasu cyo mubwoko bw’ibomba.

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 05/08/2023, saa 4:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Mumasaha make ashize mubice byo muri Bikarakara homu m’Ajyepfo ya Komine Minembwe muri teritware ya Fizi, Intara ya Kivu yamajy’Epfo hamvikanye haturikira igisasu cyo mubwoko bw’ibomba.

Nkuko ayamakuru abivuga nuko icyo gisasu cyumvikaniye neza aha hoze isoko ya kazirimwe ko muri Bikarakara. Bikarakara nagace kari mu birometre bi barigwa mwicyenda (9), n’umujyi wa Minembwe. Aha muraka gace habarigwa inyeshamba zo mu mutwe wa Mai Mai Bishambuke ndetse n’umutwe wa Red Tabara ukomoka mu gihugu c’u Burundi.

Uwaganiraga na Minembwe Capital News, yayibwiye ko kugeza ubu abari mubice bya Marango bataramenya icaba catumye ico gisasu kiraswa.

Yagize ati: “Igisasu cyarashwe ntabaramenya impamvu yabyo ariko harakekwa ko abakirashe barimo bateguza kugaba ibitero. Hagize iminsi hacugwa umugambi wa Mai Mai Bishambuke wo kugaba ibitero muri Minembwe.”

Yakomeje avuga ko imigambi ya Mai Mai Bishambuke na Red Tabara ari ugusenya Minembwe atariko abaturage b’irwanaho bahagaze neza ati nigihe izo Nyeshamba zo bigerageza bashobora kuhakura imbwa y’iruka.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

One thought on “Muri Bikarakara humvikanye haturikira igisasu cyo mubwoko bw’ibomba.”
  1. Ahaaaaa ngo bikarakara na centre minembwe ngo ni neuf kilometre ahaaaa
    Utazi ahantu ntiyareka kubesha Rubanda !!

Comments are closed.