• Fri. Jul 5th, 2024

Mumakimbirane yavutse muri Kasaï Central yasize ahitanye umuntu umwe abandi benshi barakomereka.

Share with others

Umuntu mwe yapfuye abandi i Cyumi(10) barakomereka ni nyuma yuko hari havutse amakimbirane hagati yabaturage baturiye teritware ya Dibaya mu Ntara ya Kasai Central.

Mu makuru Minembwe Capital News yabwiwe nuko abaturage bo mugace ka Tshibala na Tshikele kasese barwanye bitewe nu murima w’ibigori nimugihe abantu babiri bawupfaga biza gufatira abantu bose.

Nkuko iy’inkuru ikomeza ivuga nuko iyo mirwano yabaye mugihe cyamasaha y’igicamunsi cokuruyu wa Gatatu tariki 13/09/2023, bikemezwa ko barwaniye neza mugace ka Tshikapa hafi na Lubondale.

Harandi makuru avuga ko abo baturage bibyo bice byomuriyo teritware batangiye amakimbirane mugihe bari bamaze guhabwa uruhusha na leta ya Kinshasa guhinga ishamba rishya bibaterera bamwe kuryita iryabo abandi iryabo bityo kuruyumunsi bizana intambara.

Soseyete sivile ikaba yavuzeko ihangayikishijwe nibyo bibazo ndetse ikanahamagarira ubuyobozi bwa Kinshasa kubihagurukira mumaguru mashya nkuko byatangajwe kuruyu wa Gatatu.

Nubundi Soseyete sivile ntiyarekeye aho yanasabishije ko aho habereye ibyo bibazo hakoherezwa ingabo z’igihugu (FARDC) kugirango arizo zicunga umutekano wa bose ndetse nabakomeretse ko leta yabitaho bakavugwa kubitaro bikorera hafi y’iyo mihana.

By Bruce Bahanda.

Tariki 13/09/2023.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.