• Fri. Jul 5th, 2024

Havuzwe indi Mai Mai y’injiye murugamba rwo gusubiranamo hagati yabo muri teritware ya Kabambare.

Share with others

Hongeye kuvugwa irinditsinda rya Mai Mai ryasubiranyemo mu Ntara ya Manyema.

Mai Mai Malaïka iyobowe n’uwitwa Cheikh Kabala Selemani n’indi Mai Mai iyobowe n’uwiyita General Mandevu. Aya matsinda abiri niyo y’injiye m’urugamba rwo gusubiranamo. I mirwano yaba ba Mai Mai, iri kubera muri Secteur y’Ababangubangu, mugace ka Lulindi muri teritware ya ka Bambare.

Mu makuru Minembwe Capital News, yahawe n’uko iyo ntabara yatangiriye mu Muhana wa Kibenga, muri Groupement ya Baganaidi.

Nk’uko byavuzwe, imvo y’iyo ntambara ngo biva kuku tumvikana kubijanye n’ubuyobozi nimugihe muri aba bayobozi burumwe y’umvako ariwe ugomba kuyobora ibyo bice.

Bamwe mubaturage baturiye ibyo bice batanze aya makuru bagize bati: “Barapfa kuyobora. Mu mirwano yabo ko bariba ibyabaturage, bibye ‘I hene ,i nkoko n’amafu’ n’ibindi bintu byinshi abaturage bakoresha mu mazu.”

Byanavuzwe ko kandi ubwo Mai Mai Malaïka, iyobowe na Kabala Selemani wari watumwe gukorera ahitwa Lusangi hahoraga hayoborwa na Gen Baraka, bamuteze umutego biza kurangira baharwaniye. N’intambara yasize habaye gutwika amazu menshi mu Mihana igize ibyo bice.

Abaturage benshi bakaba bamaze guhunga iyo mirwano aho abenshi bagiye bahungira mugace ka Mwanguti werekera ahitwa Wamaza.

I Mihana yagizweho ingaruka z’iyo ntambara hari ‘Kibenga , Mavi ya Kuku na kalalaulu,Kavima 1 niya 2 na Amuladi kiyambwe.’

Moto zigera kuri 30 zaje ziva Salamabila za Mai Mai Malaïka, kuri uyu wa Gatatu zageze ahitwa Wamaza, ibi bikaba byateye abaturage ubwoba.

Tubibutsa ko atarubwambere iz’inyeshamba z’iteribibazo muri kariya karere kari hagati ya teritware ya Kabambare na teritware ya Kasongo.

Ishirahamwe rya CAP, ryemeza aya makuru, ryatabarije Guverinoma ya Kinshasa kugoboka abaturage ba Kabambari.

By Bruce Bahanda.

Tariki 04/10/2023.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.