• Mon. Jul 8th, 2024

Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, murwego rwa Gisirikare, yatanze Itangazo amenyesha inzego zishinzwe umutekano ko aribo bagenzura agace ka Bunagana.

Share with others

Ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo, nizo zingenzura Bunagana.

Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 08/07/2023, saa 8:30Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, murwego rwa Gisirikare Lt Gen Ndima Constant, yatanze Itangazo amenyesha inzego zose zishinzwe umutekano muriy’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ko ingabo ze arizo zingenzura Bunagana.

Nitangazo rimenyesha izi nzego : DGM, DGDA, PNHF, SQV ndetse n’a ANR.

Aho anavuga ko bagiye gutangira ibikorwa byaburimunsi aha muraka gace harimo nokugenzura umupaka wa Bunagana.

Umwaka urenga warurangiye Bunagana ifashwe, n’ingabo zomumutwe wa M23. Gufatwa kwa Bunagana byateje impaka hagati ya basirikare ba FARDC bahagenzuraga aho abenshi bahise bafungwa bazira kuba bararetse Bunagana ikaja mumaboko y’Ingabo za M23.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.