• Wed. Jul 3rd, 2024

Abapolisi 20, Bakomerekeye Mumyigaragambyo I Kinshasa, Basuwe Na Président Félix Tshisekedi.

Share with others

Président Félix Tshisekedi, yagaragaye mu ma photo yagiye gusura aba Polisi 20 bakomerekeye mumyigaragambyo i Kinshasa, tariki 20.05.2023.

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 23.05.2023, saa 6:55am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Yagaragaye ari imbere mucumba aho yari yagiye gusura aba Polisi bigihugu cye, nimugihe barimo bagerageza guhagarika imyigaragambyo iheruka kubica bigacika mumujyi wa Kinshasa.

Iyimyigaragambyo yari yateguwe nabatavuga rumwe nubutegetsi bwa Kinshasa barimo Matata Mponyo wigezeho kuba Ministre W’Intebe, Moïse Katumbi wabayeho Guverineri w’intara ya Katanga ndetse na Martin Fayulu.

Iyimyigaragambyo yarimaze igihe itegurwa nkuko bigaragara ko yabanjye guhagarikwa mbere yuwagatandatu ubanziriza uyu wabayeho imyigaragambyo.

Muma photo abigaragaza ubona harabayemo kutubahiriza kiremwa muntu nkuko hari photo imwe yagaragaje Polisi zirigukubita umwana uri mukigero c’Imyaka yubuto, aho yariyambaye ikabutura haruguru atikwije.

Ubwo iyimyigaragambyo yamara ga kurangira abanyapolitike biki gihugu batandukanye banenze ibyo Polisi yakoze bavuga ko batubahirije agateka kazina muntu.

Gusa bivugwa ko ntabantu baguye muriyo myigaragambyo nkuko tubikesha urubuga rwa Radio Okapi, ariko mubakomeretse harimo naba Polisi bigihugu bagera kuri 20 nkuko bigaragara bari mubitaro bya Condeur na HJ Limite, aho binagaragaza ko umunyamakuru Geonne Djoko, ko yemerewe akinjira akanafata amaphoto agaragaza Président Félix Antoine Tshisekedi arimo kureba uburyo bavugwa.

Abo ba Polisi bakaba barakomerekeye igihe abigaragabyaga babateraga amabuye mugace ka Kianza na Kauna ho muri Kinshasa.

Kugeza ubu abasivile bo bakomerekeye mumyigaragambyo ntibaramenyekana umubare ariko bivugwa ko aribenshi.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.