• Mon. Jul 8th, 2024

Umuryango w’Abibumbye (L’ONI), wamaganye iterwa ry’ibisasu rikomeje kwibasira abasevile mu Burasirazuba bwa RDC.

Share with others

Mu itangazo umuryango w’Abibumbye (ONI), bashize hanze k’uwa Mbere, tariki ya 29/01/2025, riganewe Abanyamakuru rya maganye iraswa ry’ibisasu byi basira abasivile ahanini bavuga muri Mweso.

N’itangazo rya nditswe n’intumwa y’umunyamabanga mukuru wa L’ONI, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bwana Bruno Lemarquis.

Nk’uko bigaragara ir’i tangazo riramagana iterwa ry’ibisasu mu basevile, ariko nta mutwe rishinja cyangwa ingabo z’u butegetsi bwa Kinshasa, hubwo rivuga ko ritewe umubabaro n’uko abasivile 19 bo muri Mweso bishwe nibyo bisasu abandi barenga 20 barakomereka.

Iy’intumwa ya L’ONI muri RDC, yanibukije ko abasivile bagomba kubona uburinzi ko kandi biri munshingano zabo.

Ibi bibaye mugihe k’u mugoroba w’ejo hashize tariki ya 29/01/2024, ahagana isaha z’umugoroba kw’i saa ya 18;45, mu Mujyi wa Sake, harashwe iki bombe mu Mujyi rwagati gikomeretsa abasivile, ni mugihe kandi ku mugoroba wo k’u Cyumweru, tariki ya 27/01/2024, hari hatewe ikind’i gisasu muri Sake gisiga gihitanye umwana w’u mukobwa w’imyaka icyumi n’itanu.

Amakuru avuga ko ibyo bisasu byarashwe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa mu gihe haba habaye u kwikanga.

Bruce Bahanda.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.