• Mon. Jul 8th, 2024

Ubufasha

  • Home
  • Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagiriye uruzinduko muri Ukraine rutunguranye aho yasezeranije iki gihugu ibirimo kubacira n’inzira.

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagiriye uruzinduko muri Ukraine rutunguranye aho yasezeranije iki gihugu ibirimo kubacira n’inzira.

Umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Antony Blinken yageze muri Ukraine bitunguranye. Ni kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14/05/2024, nibwo Antony Blinken yageze muri Ukraine aho ari muruzinduko rwakazi,…

Hamenyekanye amakuru ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zifasha igisirikare cya Israel mu ibanga rikomeye mu bitero bagaba mu Ntara ya Gaza.

Hagaragajwe ko leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yoherereza Israel imbunda zikomeye mu bitero igaba mu Ntara ya Gaza. Ni ibanga ryatangajwe n’igitangaza makuru cyo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, kizwi nka…

Iby’uko umuryango w’Afrika yunze ubumwe ugiye guha ubufasha SAMIRDC ku rwanya M23, nti bivugwa ho rumwe na bimwe mu bihugu bigize uwo muryango.

U Rwanda rwa garagarije impungenge umuryango w’Afrika yunze ubumwe (AU) ushaka gutera inkunga ingabo za SADC ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo . Ni nyuma y’uko kuri…

Ntubuke na Musaza we Serugo, bari barashimuswe n’a Mai Mai bagarutse maze Mahoro Peace Association irashimirwa.

Mahoro Peace Association, yashimiwe n’Abanyamulenge baturiye ku Bwegera kubwubufasha batanze abari bashimuswe bakagaruka. Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 06/07/2023, saa 8:00Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Ibyumweru bibiri byari bishize…