• Fri. Jul 5th, 2024

Samidrc

  • Home
  • M23 yikomye umuryango w’Abibumbye (ONI) ukunze kugendera ku makuru adafatika, kubirebana n’intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

M23 yikomye umuryango w’Abibumbye (ONI) ukunze kugendera ku makuru adafatika, kubirebana n’intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwikomye umuryango w’Abibumbye (ONI) ukunze kugendera ku makuru adafatika, kubirebana n’intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC. Ni ibikubiye mu butumwa bwashizwe hanze n’umvugizi wa M23 mu…

Hatahuwe ibindi bishya ku Ngabo z’umuryango w’ubukungu bw’ibihugu byo muri Afrika y’Amajy’epfo, (SADC).

Mu gihe hari amakuru avuga ko Ingabo z’u muryango w’ubukungu bw’ibihugu byo muri Afrika y’Amajy’epfo (SADC), ko zitavuga rumwe n’ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, andi makuru…

Major Gen Monwabisi Dyakopu, wahawe kuyobora Ingabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo, afite amateka y’ihariye muri RDC .

Major Gen Monwabisi Dyakopu, wahawe kuyobora Ingabo z’u muryango w’iterambere w’Afrika y’Amajy’epfo (SADC), ni Umusirikare ufite amateka y’ihariye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Nk’uko byavuzwe uyu yigezeho kuyobora Umutwe…

Imigabo, n’imigambi, y’Ingabo za SADC, zo herejwe mu Burasirazuba bwa RDC, yatangajwe.

Imigabo, n’imigambi, y’Ingabo za SADC, zoherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangajwe. Ingabo zo mu muryango w’iterambere ry’Afrika y’Amajy’epfo, zizwi kw’izina rya “SAMIDRC,” zageze k’ubutaka bwa RDC,…

Mugihe ingabo za SAMIDRC, zitabyitwaramo neza ziramutse zigeze k’ubutaka bwo M’uburasirazuba bwa RDC, muricyogihe havuka intambara y’akarere, byavuzwe n’umusesenguzi.

Ingabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo SAMIDRC, zirimo gutegurwa koherezwa M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo. Nk’uko byagiye bitangazwa cyane ahanini n’abo muri Guverinoma ya Kinshasa, bashingiye k’u Nama zagiye…

Ingabo za SAMIDRC, ngozaba ziteguye koherezwa M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y’i Nama iteguwe kuri uyu wa Gatandatu.

Abakuru b’ibihugu bagize umuryango wa SADC baganiriye ku ngabo nshya ziteganijwe koherezwa M’uburasirazuba bwa DRC. N’ikiganiro cyakozwe kuri uyu mugoroba wo ku wa kabiri, tariki 31/20/2023. Bariya bakuru b’ibihugu bigize…