• Mon. Jul 8th, 2024

Perezida

  • Home
  • Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yishongeye kubo yita abanzi b’u Burundi, maze ashira Imana imbere.

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yishongeye kubo yita abanzi b’u Burundi, maze ashira Imana imbere.

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yishongeye kubo yita abanzi b’u Burundi. Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yatangaje ko abagerageje guhirika ubutegetsi bwa perezida Pierre Nkurunziza tariki ya 13/05/2015 batashoboraga…

Bamwe mu bategetsi b’igihugu cy’u Burundi, umukuru w’iki gihugu, Evariste Ndayishimiye yabise “ibivume.”

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye yise bamwe mu bategetsi b’iki gihugu “ibivume.” Ni ibyo perezida Evariste Ndayishimiye yatangaje ku munsi w’ejo hashize ubwo yari mu biganiro yagiranye n’abakozi batandukanye…

Perezida Cyirl Ramaphosa, yasezeranije kohereza abandi basirikare benshi muri RDC nyuma y’uko M23 yigaruriye ibice byingenzi.

Perezida wa Afrika y’Epfo, Cyirl Ramaphosa yasezeranije kohereza inzindi ngabo z’igihugu cye 3000, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku rwanya M23. Ni k’umunsi w’ejo hashize, tariki ya 12/02/2024, umukuru…

Uhuru Kenyatta wahoze ari perezida wa Kenya, yagiranye i kiganiro n’u mukuru w’igihugu cya Uganda, ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

Umukuru w’igihugu cya Uganda Yoweli Kaguta Museveni yagiranye i kiganiro n’umuhuza ku makimbirane y’i ntambara mu Burasirazuba bwa RDC, Uhuru Kenyatta. Ni kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 07/02/2024, uwahoze…

Umukuru w’igihugu cya Kenya, William Ruto, yagiranye ikiganiro na General John Tshibangu, wari intumwa ya Tshisekedi.

Uy’u munsi k’u wa Gatandatu, tariki ya 27/01/2024, perezida wa Kenya, William Ruto, yakiriye mu biro bye General John Tshibangu, waje ari ntumwa ya perezida Félix Tshisekedi, wa Repubulika ya…

Perezida Yoweli Kaguta Museveni yaciye imyenda ya Caguwa.

Perezida Yoweri Kaguta Museveni yaciye imyenda ya caguwa mugihugu ca Uganda, avuga ko iyo myenda iba ar’iy’abantu bo kumigabane y’i Burayi na Leta Zunze Ubumwe za Amerika baba barapfuye. Ibi…

Bidasanzwe perezida Félix Tshisekedi yashimiye ingabo zishinzwe kumurinda.

Bidasanzwe perezida Félix Tshisekedi wa RDC yashimiye ingabo zishinzwe kumurinda. Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 21/08/2023, saa 8:10pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Umukuru w’igihugu ca Republika ya Democrasi ya…

Perezida Félix Tshisekedi, we ngwasanga ingabo z’u Rwanda zitamuteye ubwoba nagato.

Perezida Félix Tshisekedi wa Republika ya Democrasi ya Congo, yavuze ko ingabo z’u Rwanda zidatinyitse kuriwe. Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 10/07/2023, saa 1:19pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Perezida…

Perezida wa Uganda, Yasabye ko barushaho gukorera hamwe ingabo z’igihugu cye niza RDC maze bakarandura inyeshamba za ADF.

Perezida Yoweri Kaguta Museveni, wa Uganda, yasabye abasirikare b’igihugu cye naba Republika ya Demokarasi ya Congo(Fardc), guhuza imbaraga maze bakarushaho kurwanya umutwe w’iterabwoba wa ADF ubarizwa Kubutaka bwa RDC. Mu…