• Mon. Jul 8th, 2024

Nyangezi

  • Home
  • Hamenyekanye ibindi byimbitse ku rugamba rwasakiranije Wazalendo n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Hamenyekanye ibindi byimbitse ku rugamba rwasakiranije Wazalendo n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Hamenyekanye ibindi byimbitse ku ntambara yogusubiranamo kwa Wazalendo n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), yabereye mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni mu mirwano yasakiranije Wazalendo na FARDC mu…

Wazalendo batari bake bamaze gupfira mu mirwano yabasakiranije n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), i Nyangezi mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Wazalendo n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), basubiranyemo maze bakora intambara yabereye i Nyangezi, muri teritware ya Walungu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, kuri uyu wa Gatatu tariki…

Nyuma y’uko Col Madawa wo muri Maï Maï, y’iyunze n’ingabo z’u Burundi, i Nyangezi, yabuze ayacira nayo amira..

Colonel Madawa, wo mu mutwe wa Maï Maï yo muri Kindu, mu Ntara ya Manyema, kw’iyunga kwe n’ingabo z’u Burundi bivugwa ko zambutse muri Kivu y’Amajy’epfo, kuri uyu wa Mbere,…

Ingabo z’u Burundi, zongeye gukubita ziruzura, k’u butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ingabo z’u Burundi zongeye gukubita ziruzura muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Byavuzwe ko i santire (Centre), ya Nyangezi, muri teritware ya Walungu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu…

Ingabo z’u Burundi, zomuri batayo ya Task Force, zoherejwe mubice byo muri teritware ya Kabare, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu ntangiriro z’iki Cyumweru, ingabo z’u Barundi zomu mutwe wa Task Force, zari i Nyengenzi, muri teritware ya Walungu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zarahavanwe zijanwa mubice biri muri teritware…

Bwana François Nsabigaba, n’iwe watambutse kuyobora mutualité Banyamulenge i Nyangezi homuri Kivu yamajy’Epfo.

François Nsabigaba n’iwe watambutse kumajwi ijana kwijana kubuyobozi bwa Mutualité Banyamulenge i Nyangezi homuri Kivu yamajy’Epfo . Yanditswe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 18/07/2023, saa 10:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.…