• Fri. Jul 5th, 2024

Minova

  • Home
  • Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yarashwe n’umzalendo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yarashwe n’umzalendo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yarashwe n’umzalendo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 20/06/2024, nibwo umusirikare…

Ibyimbitse ku mirwano yo ku munsi w’ejo hashize tariki ya 06/06/2024, yabereye mu bice bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu zombi.

Ibyimbitse ku mirwano yo ku munsi w’ejo hashize tariki ya 06/06/2024 yabereye mu bice bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu zombi. Ni intambara yari ihanganishije uruhande rw’ingabo za Repubulika ya…

Byibuze abantu babiri nibo bapfuye abandi benshi barakomereka mu gisasu cyatewe mu bice byo muri teritware ya Kalehe.

Byibuze abantu babiri nibo bapfuye abandi benshi barakomereka mu gisasu cyatewe mu bice byo muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni ku munsi w’ejo hashize tariki ya…

Ibindi bice bitatu byo muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byigaruriwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23).

Ibindi bice bitatu byo muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byigaruriwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23). Ni ahagana mu rukerera rwo muri iki gitondo cyo…

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, ibi bombe byatewe mu bice byo muri Kivu y’Amajyepfo, bigira abo byica n’ibyo byangiriza.

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, ibi bombe byatewe mu bice byo muri Kivu y’Amajyepfo, bigira abo byica n’ibyo byangiriza. Hari igihe c’isaha z’igicamunsi, kuri uy’u wa Gatatu, itariki ya…

Ibibombe biremereye byishe abasivile muri Minova, muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ibibombe byahitanye abasevile muri Centre ya Minova. Ni ahagana isaha z’umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, w’ejo hashize, tariki ya 20/03/2024, n’ibwo ibisasu bibiri binini, byaguye muri centre hagati ya…

Ubutegetsi bwa Kinshasa buratumiza abandi bacanshuro mugihe abari Goma bari gukizwa n’amaguru bahunga uwo Mujyi.

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo iri gutumiza abandi bacansuro bo mu mutwe wa Blackwater. Ni ukuva mu mpera z’u mwaka ushize, ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bwagize igitekerezo…

Santire ya Minova, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ingabo za M23 zageze mu marembo yayo.

Abaturage baturiye agace ka Minova, muri Grupema ya Buzi, teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, batewe n’ubwoba nyuma y’uko ibyo bice bya hungiyemo abasirikare benshi b’u Burundi harimo…

Ingabo za Barundi niza RDC z’ibarizwa muri Batayo ya Task Force zari muri Kivu y’Epfo, zajanywe Minova kurwanya M23.

Ingabo za Barundi n’iza RDC z’ibarizwa muri Batayo yahawe izina rya Task Force zari mubice byo muri Kivu y’Epfo, zaraye zijanwe Minova homuri teritware ya Kalehe zigana muri Kivu y’Amajyaruguru.…