• Mon. Jul 8th, 2024

Kalehe

  • Home
  • Indege yarimo abantu 6 ya WFP, yafashwe n’inkongi y’u muriro, mu bice bya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Indege yarimo abantu 6 ya WFP, yafashwe n’inkongi y’u muriro, mu bice bya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Indege yarimo abantu 6 ya WFP, yafashwe n’inkongi y’u muriro, mu bice bya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya…

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yarashwe n’umzalendo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yarashwe n’umzalendo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 20/06/2024, nibwo umusirikare…

Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yishwe arashwe n’u mugore we, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yishwe arashwe n’u mugore we, muri Kivu y’Amajy’epfo. Ni mu gitondo cyo ku wa Gatandatu, tariki ya 15/06/2024, nibwo mu gace kitwa Ruhunde,…

Umutwe wa M23 ugize igihe warahabuye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, wavuzwe mu marembo ya Kivu y’Amajy’epfo.

Umutwe wa M23 ugize igihe warahabuye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, wavuzwe mu marembo ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni bikubiye mu butumwa bwatanzwe n’umuryango utegamiye kuri leta ya Kinshasa, ukaba ukorera…

Ibibomba byahitanye abantu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo birashwe n’ingabo z’u Burundi kubufatanye n’ingabo z’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibibomba byahitanye abantu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo birashwe n’ingabo z’u Burundi kubufatanye n’ingabo z’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni ahagana isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatatu…

Ibindi bice bitatu byo muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byigaruriwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23).

Ibindi bice bitatu byo muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byigaruriwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23). Ni ahagana mu rukerera rwo muri iki gitondo cyo…

Umunyamakurukazi, Yvette Bahati Kinoza, nyuma yo kubura basanze yapfuye, i Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Kuri uy’u wa Gatanu, tariki ya 05/01/2024, Umunyamakuru wakoreraga Radio na Televisiyo ya Minova RTCM, Yvette Bahati Kinoza, yatoraguwe muri toilet ya pfuye. Bya vuzwe ko uriya munyamakurukazi, yabuze kuva…

I Kalehe, umzalendo, yishwe atwitswe n’Insoresore zituriye Santire ya Bulambika.

Umzalendo, yishwe atwitswe, n’abaturage baturiye Bulambika, muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo. N’ibyabaye ahagana isaha z’igitondo, kuri uyu wa…

Umuyobozi wa teritware ya Kalehe Thomas Bakenga Zirimwagabo, yakuwemo imyambaro maze akubitwa n’abaturage be.

Umuyobozi wa teritware ya Kalehe Thomas Bakenga Zirimwagabo,(Administrateur) akaba nu mukada mw’ishaka rya UDPS, abaturage ba mwambuye imyambaro yo mugituza maze bamutembereza mu Muhanda. Ibi ngo abaturage babikoze bamuziza ko…

Abantu Umunani nibo bamaze kumenyekana ko bishwe n’Inkongi y’umuriro i Kalehe.

Inkongi y’umuriro y’ibasiriye inkambi yabavuye mubyabo i Kalehe. Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 19/08/2023, saa 7:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Uyumunsi kw’itariki 19/08/2023, ibyago byongeye kwibasira inkambi yabahunze bava…