• Sat. Jun 29th, 2024

Intambara

  • Home
  • Minisitiri w’Ingabo za RDC, yagize ikindi yizeza Abanyekongo ku kurangiza intambara ibera mu Burasirazuba bw’iki gihugu, ndetse yigamba kunesha.

Minisitiri w’Ingabo za RDC, yagize ikindi yizeza Abanyekongo ku kurangiza intambara ibera mu Burasirazuba bw’iki gihugu, ndetse yigamba kunesha.

Minisitiri w’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize ikindi yizeza Abanyekongo ku kurangiza intambara ibera mu Burasirazuba bw’iki gihugu, ndetse yigamba kunesha. Ni minisitiri mushya w’Ingabo za RDC, Kabombo…

Haketswe ibiteye ubwoba ku mato y’Ingabo z’u Burusiya yagaragaye mu marembo y’igihugu cya Amerika.

Haketswe ibiteye ubwoba ku mato y’Ingabo z’u Burusiya yagaragaye mu marembo y’igihugu cya Amerika. Ni kuri uyu wa Gatatu w’ejo hashize Amato y’intambara y’u Burusiya yageze mu gice cy’inyanja kigenzurwa…

Amakuru y’imbitse y’u rugamba ruhanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, n’uburyo iri huriro rikomeje kuruhuriramo na kaga gakomeye.

Ibyimbitse ku ntambara yabaye ku munsi w’ejo hashize yarihanganishije ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa M23. Ni imirwano yubuye igihe c’isaha z’igitondo cya kare, cyo kuri…

Twagarutse ku itariki ya 17/05/1997, ubwo Ingabo za AFDL zafataga Kinshasa zibanje kwirukana Mobutu ahungira Gbdolite nyuma yerekera iyu buhungiro.

Ku itariki ya 17/05/1997, Ingabo zo mu mutwe wa AFDL wari uyobowe na Laurent Désire Kabila zafashe umurwa mukuru wa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni AFDL yarifite igisirikare kiyobowe…

Hatangajwe umubare w’ifaranga zikenewe kugira abakomeje kuva mu byabo kubera intarambara bafashwe, mu Burasirazuba bwa RDC.

Gutanga ubufasha ku Banyakongo bakomeje kuva mu byabo kubera ibibazo by’intambara harasabwa miliyoni 200 z’amadolari y’Amerika. Ni byatangajwe n’uhagarariye ibiro bikuru bya UNHCR, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Angela…

Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, wa RDC ngo yatsinzwe n’intambara ibera mu Burasirazuba bw’igihugu cye.

Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bidasubirwaho, ngo yananiwe ku mara intambara ibera mu Burasirazuba bw’igihugu cye, ndetse no kuyitsinda, bikaba bi muri kure nk’u kwezi.…

Mu Majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi, haravugwa igitero gikomeye cyasize gihitanye abasirikare benshi b’u Burundi.

Haravugwa intambara ikomeye mu Ntara ya Bubanza, mu Majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi. Ni ahagana isaha ya saa tatu n’igice z’ijoro ryo kuri iki Cyumweru, rishira kuri uyu wa Mbere,…

U Mujyi wa Goma, wisanze watandukanijwe n’ibindi bice byose bigize Kivu Yaruguru na Kivu y’Amajy’epfo, kubera.

U Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, wisanze watandukanijwe na teritwari zigize uyu murwa mukuru, kubera intarambara. Imirwano ishamiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma…

Ishirahamwe rya OMS ngo rihangayikishijwe n’intambara z’urudaca zigikomeje kubera Muburasirazuba bwa RDC.

Ishirahamwe OMS riravugako rihangayikishijwe n’intambara z’urudaca zikomeje kubera Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo aho abantu bavuye mubyabo imihana yabo igatwikwa gusubiranamwo kwa moko ingaruka zabyo zikaba zikomeje gutera…

Uwahoraga y’iyita Colonel Mamadu Amuri, yaryamiye ukuboko kwabagabo, muntambara irikubera mubice bya Bwegera.

Colonel Amuri Mamadu, wo mwitsinda rya Wazalendo, yaryamiye ukuboko kwabagabo muntambara irikubera muri Plaine dela Ruzizi. Yanditswe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 13/07/2023, saa 11:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Mumirwano…