• Mon. Jul 8th, 2024

Ingabo za FARDC

  • Home
  • Imyitwarire y’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Minembwe, ikomeje kurushaho kuba mibi.

Imyitwarire y’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Minembwe, ikomeje kurushaho kuba mibi.

Imyitwarire y’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Minembwe, ikomeje kurushaho kuba mibi. Nibikubiye mu butumwa bwanditse, abaturage baturiye komine Minembwe, bahaye ubwanditsi bwa MiCN, buvuga ko Ingabo za…

Igisirikare cy’u Bufaransa kigiye gutoza abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, barwanira mu mashyamba.

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yemereye leta ya Kinshasa, kuyitoreza igisirikare ku rwana. Ni muri uru ruzinduko umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagiriye i Paris mu gihugu…

Ingabo za FARDC n’abazifasha kurwana, bakomeje kubabarira mu ntambara iri guca ibintu mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), n’abayifasha kurwana bakomeje kubabarira mu ntambara irimo guca ibintu muri gurupema ya Kamuronza, ho muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu…

Umusako ugize igihe gito urimo gukorwa n’ingabo za RDC, muri Plaine Dela Ruzizi, hafatiwemo n’icyihebe cyari cyarayogoje ibyo bice, Maï Maï Buhivwa.

Umusako umaze igihe gito urimo gukorwa n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, muri Cheferie ya Plaine Dela Ruzizi, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, harimo ko hafashwe…

Abasirikare b’i Gihugu ca RDC, baraye bikanze, Ingabo zitiriwe Ishamba ry’Isarambwe (M23), birangira barashe abaturage barapfa, mu Mujyi wa Sake.

Abantu ba biri(2), baraye biciwe muri Quartier Virunga, mu Mujyi rwagati wa Sake, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.…

Ingabo za FARDC, zirimo benshi bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda boherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kurwanya M23.

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zikomoka mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajy’epfo, zoherejwe muri Kivu Yaruguru kurwanya umutwe wa M23. Nk’uko iy’inkuru ibivuga n’uko ama brigade…

Imitwe ikorana byahafi n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, muburasirazuba bwa RDC, irashinjwa gufata abagore kungufu muri teritware ya Masisi.

Imitwe y’itwaje Intwaro muri Republika ya Demokarasi ya Congo, ikorana byahafi n’ingabo z’igihugu ca RDC irashinjwa gufata abagore kungufu muburasirazuba bw’ikigihugu. Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 24/06/2023, saa 6:00Am, kumasaha…