• Fri. Jul 5th, 2024

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF), bwavuze ko harikirimo gukorwa nyuma y’uko bafashe abasirikare ba biri ba FARDC.

Share with others

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda(RDF), bwatangaje ko barimo gukora iperereza ry’Imbitse ku basirikare ba biri ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo bafashwe nyuma y’uko umwe yari amaze kuraswa arapfa.

Mu masaha yakare mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, n’ibwo ubuyobozi bw’Ingabo za RDF bashize itangazo hanze rimenyesha ko abasirikare batatu ba FARDC b’injiye ku butaka bw’igihugu cyabo mu buryo bunyaranyije n’amategeko.

N’itangazo rivuga ko bariya basirikare ba RDC b’injiye banyuze mu Mudugudu wa Isangano, mu Kagari ka Rukoko, u Mulenge wa Rubavu, mu Karere ka Rubavu.

Itangazo rikomeza rivuga ko b’injiye igihe c’isaha ya sasaba z’ijoro, ryo kw’itariki ya 16/01/2024.

Nyuma y’uko bariya basirikare ba FARDC bafashwe n’igisirikare c’u Rwanda, umuvugizi w’iki Gisirikare, Brig Gen Ronald Rwivanga, yakoranye ikiganiro na Channel ya YouTube izwi kw’izina rya Mama Urwagasabo, maze ayibwirako harikigiye gukorwa.

Yagize ati: “Ba biri mu basirikare ba FARDC b’injiye ku butaka bw’igihugu cyacu bafashwe, ariko umwe muribo yagerageje kurasa tuza kumurasa, abo babiri basigaye bo turabafite, kandi turi kubakoraho iperereza.”

Yakomeje agira ati: “Hari bintu byinshi biri buvugwe ariko ibyangombwa ni uko twabafashe abo basirikare ba FARDC, kandi turimo kumenya ibyabo byi mbitse, ibindi turaza kubibagezaho.”

Uy’u muvugizi w’igisirikare c’u Rwanda, yavuze ibi mugihe hari hatanzwe amakuru ko bariya basirikare ba FARDC boba bari b’injiye mu Rwanda ba banza kuja mu kabare kamwe hafi aho, bakaza gutangwaho amakuru n’abaturage.

Brig Gen Ronald Rwivanga, yanahamije ko ubwo bariya basirikare ba FARDC bafashwe ko nta munyarwanda wigeze ahagirira ikibazo.

Bruce Bahanda.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.