• Mon. Jul 8th, 2024

Yishwe Arashwe

  • Home
  • Umugabo w’u murundi yiciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, azira ibigishidikanywaho.

Umugabo w’u murundi yiciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, azira ibigishidikanywaho.

Umugabo w’u murundi yiciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, azira ibigishidikanywaho. Ni mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishira ku wa Kane, w’iki Cyumweru turimo, nibwo umugabo w’u murundi…

I Goma, motari yishwe arashwe n’abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo.

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, umu motari yishwe arashwe n’abasirikare ba FARDC yari atwaye. Ni byabaye ahagana k’u mugoroba wa joro, kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 06/03/2024,…

Hamenyekanye ibindi byimbitse kuri Directeur wa mashuri abanza, uvuka mu bwoko bw’Abapfulero, wishwe azira kuvugira Abanyamulenge.

Umupfulero, wishwe azira ku vugira Abanyamulenge ya menyekanye, yitwa Guma Guma. Guma Guma, yari asanzwe ayobora ikigo c’ishuri ribanza rya Ep Kasheni, riherereye Kamanyola, muri teritware ya Walungu, mu Ntara…

Uwiyamamariza k’u mwanya w’u budepite, yishwe arashwe undi nawe arashimutwa muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

K’u munsi w’ejo hashize, ahagana isaha za saa 7:30 PM, itariki 15/12/2023, depite k’urwego rw’i Ntara, Espoir Sadiki Richa, yiciwe hafi niwe murugo mu Mujyi wa Uvira, mu Ntara ya…

Kalinda Dogo, wari umukandinda wiyamamariza gutorerwa kubudepite mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yishwe arashwe,i Goma.

Dogo Kalinda, wari umukandinda wiyamamariza gutorerwa kubudepite, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, yishwe arashwe. Nyakwigendera Kalinda Dogo, avuka muri teritware ya Masisi, amakuru…

I Goma, Umugabo wakoraga akazi ko gutwara abagenzi akoresheje Moto y’ishwe arashwe nabantu bikekwa ko ari Wazalendo.

I Goma Motari yishwe arashwe nabantu batarabasha kumenyekana bigakekwa ko yishwe n’a Wazalendo bakorana n’a Leta ya Kinshasa. Yanditswe n’a: Bruce Bahanda, kw’itariki 20/07/2023, saa 10:00pm, kumasaha ya Bukavu na…

Paul, Umusirikare Womungabo Za FARDC, Niwe Wishwe Arashwe, Uvira Naho Gumino Yinjiye Mugikorwa Cogukangurira Urubyiruko Kubayoboka.

Umutekano muriKivu yamajy’Epfo, ukomeje gucumbagira nimugihe umusirikare womungabo za FARDC yishwe arashwe n’abantu bitwaje imbunda muri Uvira. Byanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 07.06.2023, saa 3:15pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.…

Ubwicanyi Muri Teritware Ya Fizi, Bwongeye Gufata Indi Ntera Nimugihe Haraye Hishwe Umubyeyi Wimyaka Ikabakaba 60.

I Fizi haraye hiciwe umubyeyi uri mukigero c’Imyaka mirongo itanu yicwa arashwe. Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 06.06.2023, saa 8:10am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Umu mama uri mukigero…