• Mon. Jul 8th, 2024

Yagize icyavuga

  • Home
  • Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku batumva imiyoborere ye.

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku batumva imiyoborere ye.

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku batumva imiyoborere ye. Ni byo yavuze ubwo bari mu bikorwa by’ubugira neza byabereye muri Paruwasi Sait Marie Consolatrice des Affliges, Perezida…

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku ibura rya lisansi rikomeje guca ibintu muri iki gihugu.

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku ibura rya lisansi rikomeje guca ibintu muri iki gihugu. Ni kuri iyi tariki ya 20/06/2024, perezida Evariste Ndayishimiye yujuje imyaka ine ayoboye…

Nyuma y’umunsi umwe gusa, afunguwe, umunyamakuru, uzwi cyane, Stanis Bujakera Tshiamala, yagize icyavuga, ariko anenga “ubutabera.”

Nyuma y’umunsi umwe gusa, umunyamakuru Stanis Bujakera Tshiamala, avuye muri gereza yatangaje ko ubutabera butakurikije ukuri. Ni Stanis Bujakera Tshiamala, wari umaze amezi atandatu afungiwe i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i…

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yagize icyavuga ku Nama, irikubera i Addis Ababa, yiga ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

Ikibazo cy’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyizwe mu Nama y’u muryango w’Afrika yunze ubumwe igira iya 37. Ni mu Nama igira iya 37 y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango…

Umuyobozi wa Mahoro Peace Association, Adel Kibasumba, yagize icyo avuga ku kiranga ntego kiri ku rufaranga rwa Congo yaba Belije (Belgian).

Umuyobozi wa Mahoro Peace Association, Adel Kibasumba, yagize icyo avuga ku kiranga ntego kiri ku rufaranga rwa Congo yaba Belije(Belgian). Ni urufaranga rwa kera i gihugu cya Repubulika ya demokarasi…