• Mon. Jul 8th, 2024

UPDF

  • Home
  • Ubuyobozi bw’i ngabo z’igihugu cya Uganda(UPDF), bwemeje urupfu rwa Brig General Stephen Kigundu, wapfuye urupfu rutunguranye.

Ubuyobozi bw’i ngabo z’igihugu cya Uganda(UPDF), bwemeje urupfu rwa Brig General Stephen Kigundu, wapfuye urupfu rutunguranye.

Brig General Stephen Kigundu, wo mu ngabo za Uganda yapfuye. Ni urupfu rwemejwe n’igisirikare cya Uganda, aho cyasohoye itangazo rimenyesha ko umuyobozi wungirije w’u mutwe w’ingabo zirwanira mu kirere, Brig…

Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda yakojeje isoni abarimo n’u muvugizi w’u mutwe w’iterabwoba wa FDLR.

Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda yise umuvugizi wa FDLR uzwi kw’izina rya Jule Mulumba, umunyakinyoma. N’i bikubiye mu itangazo igisirikare cya UPDF bashize hanze kuri uyu wa Kane tariki ya 15/02/2024.…

Ibisasu by’indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoï-30, y’igisikare ca Uganda bya mishijwe ku Ngabo za RDC.

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zamishijweho ibisasu by’indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoï-30 y’igisikare ca UPDF. Ni byabaye k’uwa Gatatu, itariki ya 16/01/2024, bi bera mu gace…

Ingabo za FARDC n’iza UPDF, muri operation yiswe “Shujaa,” zigabye kw’ivugana icy’ihebe gikomeye Musa Kamusi.

Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’iza Uganda (UPDF), r’izwi kw’izina rya “Shujaa,” ry’ivuganye umuyobozi mukuru w’u mutwe w’iterabwoba wa ISCAP(Etat islamique en Afrique Centrale), ukorana by’ahafi…

Operation Shujaa, berakanye ibyo bamaze kugeraho mu kurwanya Inyeshamba zo mu mutwe wa ADF.

Ingabo za Uganda n’iza RDC zihuriye muri Operation yahawe izina Shujaa, batangaje Ico iyo operation imaze kugeraho. Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 19/08/2023, saa 12:10pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.…

Ingabo za RDC niza Uganda b’injiye murugamba rukaze rwo kurandura umutwe wa ADF.

Umutwe w’iterabwoba wa ADF urahigwa bukware mukibaya cya Mwalika. Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 09/08/2023, saa 9:00Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Ubufatanye bw’ingabo za Uganda (UPDF) ni za Republika…

Beni homuri Kivu y’Amajyaruguru, kuruyu wa Mbere habaye intambara ikomeye.

Habaye intambara ikomeye i Beni homuri Kivu y’Amajyaruguru. Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 01/08/2023, saa 1:00Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Mugace ka Kalyanzuk, homuri Beni, mu Ntara ya Kivu…

Mukibaya cya Mughalika hafatiwe Abarwanyi bomumutwe wa ADF bafatwa n’ingabo za Uganda zifatanije n’iza Republika ya Democrasi ya Congo.

Abarwanyi ba ADF kumunsi w’ejo hashize bafashwe mpiri aho bafashwe n’ingabo za UPDF hamwe ni za Republika ya Democrasi ya Congo Fardc mukibaya cya Mughalika homuri Ituri. Yanditswe n’a Bruce…

Batatu bo mumutwe wa ADF bafashwe mpiri n’ingabo za Uganda mukibaya cya Mwalika homuri Beni.

Batatu bo mumutwe w’iterabwoba wa ADF mukibaya cya Mwalika bambuwe intwaro zabo bahasiga n’ubuzima. Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 10/07/2023, saa 6:30Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Ingabo za UPDF…

Ingabo Za FARDC Niza Uganda Zakozanijeho Numutwe Wa ADF Ninyuma Yaho ADF Yarimaze Kw’ica Abantu Mubice Bya Beni.

Abasirikare ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) naba Uganda bakozanijeho numutwe wa ADF, ninyuma yuko ADF yarimaze kwivugana abaturage batandatu(6), barenga mugace kitwa Museya ho muri Beni. Yanditswe na…