• Fri. Jul 5th, 2024

Ukraine

  • Home
  • Perezida w’u Burusiya, Vradimir Putin yavuze ikigomba gukorwa mbere, kugira ngo intambara ihagarare muri Ukraine.

Perezida w’u Burusiya, Vradimir Putin yavuze ikigomba gukorwa mbere, kugira ngo intambara ihagarare muri Ukraine.

Perezida w’u Burusiya, Vradimir Putin yavuze ikigomba gukorwa kugira ngo intambara ihagarare muri Ukraine. Ni mu kiganiro perezida Vradimir Putin w’u Burusiya yagiranye n’itangaza makuru ku wa Gatanu tariki ya…

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagiriye uruzinduko muri Ukraine rutunguranye aho yasezeranije iki gihugu ibirimo kubacira n’inzira.

Umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Antony Blinken yageze muri Ukraine bitunguranye. Ni kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14/05/2024, nibwo Antony Blinken yageze muri Ukraine aho ari muruzinduko rwakazi,…

Abategetsi bo mu gihugu cy’u Burusiya batangiye gukoresha amagambo yitera bwoba ku gihugu cy’u Bwongereza.

Leta y’u Burusiya yatangiye gukoresha amagambo yitera bwoba ku gihugu cy’u Bwongereza. Ni birimo gutangazwa n’abategetsi bo bo hejuru bo mu gihugu cy’u Burusiya; ahagana mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo,…

Igisirikare cya Ukraine cyakoze igitero cya mbere kiri kure, gihita cyangiriza uruganda rukaze rwo mu Burusiya.

Igisirikare cya Ukraine cyateye ibisasu bikaze ku ruganda ruyungurura peteroli mu gihugu cy’u Burusiya. Ni uruganda rwa Taneco rw’ikigo cy’u bucukuzi Tatneft, ruyungurura peteroli, rwateweho ibisasu biremereye by’ingabo za Ukraine,…

Ku murwa mukuru wa Ukraine, hagabwe igitero gikaze, gisa nicyo guhora.

Umurwa mukuru wa Ukraine wa gabweho igitero gikaze cy’Ingabo z’u Burusiya. Ni igitero Ingabo z’u Burusiya za gabye ku murwa mukuru wa Kyiv, muri iki gitondo cyo kuri uyu wa…

Ubwato bwa leta y’u Burusiya, bwagabweho igitero kunyanja y’Irabura.

Ubwato bw’u Burusiya, butwara ibikomoka kuri peteroli bwarasiwe hafi ya Crimea. Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 05/08/2023, saa 11:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Guverinoma y’u Burusiya yatangaje ko hari…

Igisirikare c’u Burusiya cyaburijemo igitero gikomeye cari kigiye kugabwa n’a Ukraine kumurwa mukuru w’igihugu c’u Burusiya.

U Burusiya bwatangaje ko bwaburijemo igitero cya drones cyari cyagabwe na Ukraine mu kirere cy’umurwa mukuru, Moscow. Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 29/07/2023, saa 7:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.…

Gen Sergei Suroviki, womungabo z’u Burusiya, yatawe muri yombi azira umutwe wa Wagner.

Gen Sergei Suroviki, womungabo z’u Burusiya, yatawe muri yombi azira umutwe wa Wagner. Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 29/06/2023, saa 2:30pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Umwe mubasirikare bakuru bomungabo…

Aba Perezida ba Afrika barindwi (7), bamaze kugera muri Ukraine, aho bagiye mubutumwa bwa mahoro.

Intumwa za Afrika zamaze kwerekeza mu rugendo aho zigiye mubutumwa bwa mahoro mugihugu cya Ukraine nu Burusiya. Nurugendo rwatangiye mumasaha yijoro yokw’itariki 15.06.2023 nkuko byamaze gutangazwa nurubuga rwa Radio Ijwi…

Hongeye Kuvugwa Intambara Ikomeye Muri Ukraine, Ibifaru Bine(4) Bya Ukraine Bikaba Bimaze Gutwikwa.

Leta y’u Burusiya yatangaje ko ingabo zabo zatwitse ibifaru icyenda(9) bya Ukraine, harimo bine(4) bigezweho byo mu bwoko bwa Leopard 2, Igihugu ca Ukraine cyarigiheruka kubihabwa n’a leta y’u Budage.…