• Mon. Jul 8th, 2024

U Burundi

  • Home
  • Perezida w’u Burundi yatunguye Abarundi ubwo yababwiraga ibintu bikomeye bisa nibyo Imana yakoreye Abisrayeli igihe cya Mose.

Perezida w’u Burundi yatunguye Abarundi ubwo yababwiraga ibintu bikomeye bisa nibyo Imana yakoreye Abisrayeli igihe cya Mose.

Perezida w’u Burundi yatunguye Abarundi ubwo yababwiraga ibintu bikomeye bisa nibyo Imana yakoreye Abisrayeli igihe cya Mose. Ni mu kiganiro perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagiranye n’abaturage b’u Burundi baturiye…

Perezida w’u Burundi yigambye ibintu bikomeye kuri ubu butegetsi bwe bumaze imyaka ikaba kaba itanu.

Perezida w’u Burundi yigambye ibintu bikomeye kuri ubu butegetsi bwe bumaze imyaka ikaba kaba itanu. Ni mu kiganiro giheruka kubera mu Ntara ya Gitega, ubwo hibukwaga ku nshuro ya kane…

Leta y’u Burundi yakuriye inzira ku murima abenegihugu ku kibazo cya Lisansi (igitoro), iki gihugu kigize igihe cyarabuze.

Ubutegetsi bw’i gihugu cy’u Burundi bwa kuriye inzira ku murima abenegihugu ku kibazo cya Lisansi (igitoro), iki gihugu kigize igihe cyarabuze. Ni mu bisubizo byatanzwe na minisitiri w’intebe w’u Burundi,…

Igihugu cy’u Burundi cyinjiye mu bihe bitaboroheye ku bera umwuzure.

Igihugu cy’u Burundi cyinjiye mu bihe bitaboroheye ku bera umwuzure watewe n’amazi ya Tanganyika yazamutse ku buryo budasanzwe. Ni bikubiye mu butumwa leta y’u Burundi yatanze muri irijoro ryakeye rishira…

Impunzi n’abanyamahanga baba mu gihugu cy’u Burundi, bahamagariwe kwibaruza.

Abanyamahanga bari mu gihugu cy’u Burundi, bamenyeshejwe ko bagiye kubarurwa. N’ibikubiye mu itangazo ryashizwe hanze kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 20/03/2024, riteweho umukono na minisitiri w’u mutekano w’imbere mu…

Umwambaro wa visit Rwanda, wazanye impaka ku bakinyi b’u Burundi na FBA.

Umwambaro wa “visit Rwanda,” wazanye impaka ku babakinyi bo mu gihugu cy’u Burundi, aho berekeje mu gihugu cya Afrika y’Epfo. Ni mugihe ikipe y’u mupira w’intoki (basketball) y’Abarundi yitwa Dynamo…

Igihugu cy’u Burundi na RDC, byashizwe kurutonde rw’i bihugu bikenye kurusha ibindi muri Afrika, bavuga n’impamvu y’ubwo bukene.

U Burundi na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byashizwe mu Bihugu 10 bikenye kurusha ibindi byo ku mugabane w’Afrika, mu cyegeranyo cy’u yu mwaka w’2024. Ni ibikubiye muri raporo yashizwe…

Perezida Evalist Ndayishimiye, w’Uburundi ngo yatangajwe numukozi uhembwa ifaranga zumurengera mugihugu cye.

MCN, Kwamungu tariki 18.06.2023. Perezida Evalist Ndayishimiye, wigihugu c’u Burundi yatunguwe n’umukozi wahembwe amafaranga hafi miliyari 2 mu mezi 5. Perezida w’u Burundi, Evaliste Ndayishimiye, yatangaje ko yatunguwe no kubona…

Leta Y’u Burundi, Yohereje Abasirikare Babo Mu Rwanda, Bakaba Bagiye Basanga Aba Uganda Bamaze Kuhagera, Aho Bagiye Mumyitozo Yahawe Izina “Ushilikiano Imara.”

Leta y’u Burundi yohereje abasirikare mumyitozo mu Rwanda. Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 15.06.2023, saa 6:30Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Igihugu c’u Burundi, cyamaze kohereza abasirikare babo i Kigali…