• Wed. Jul 3rd, 2024

RDF

  • Home
  • Ingabo z’u Rwanda zitabiriye imyitozo ya gisirikare yo ku rwego rwo hejuru iri kubera mu gihugu cya Türkiya.

Ingabo z’u Rwanda zitabiriye imyitozo ya gisirikare yo ku rwego rwo hejuru iri kubera mu gihugu cya Türkiya.

Ingabo z’u Rwanda zitabiriye imyitozo ya gisirikare yo ku rwego rwo hejuru iri kubera mu gihugu cya Türkiya. Ni myitozo yahawe izina rya EFES-2024, ikaba iyobowe n’igihugu cya Türkiya kandi…

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zibukije igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ko nta bufasha bagiha igisirikare cy’u Rwanda (RDF).

Ubutegetsi bwa leta Zunze Ubumwe z’Amerika zahamije ko zimaze igihe zarahagaritse ubufasha ziha igisirikare cy’u Rwanda (RDF). Ni byavuzwe na Ambasaderi wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ubwo yari i Gomo,…

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF), bwavuze ko harikirimo gukorwa nyuma y’uko bafashe abasirikare ba biri ba FARDC.

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda(RDF), bwatangaje ko barimo gukora iperereza ry’Imbitse ku basirikare ba biri ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo bafashwe nyuma y’uko umwe yari amaze kuraswa arapfa. Mu masaha…

Hatahuritse byinshi ku musirikare wa FARDC warasiwe k’u butaka bw’u Rwanda.

Kuri uy’u wa Kabiri, tariki ya 16/01/2024, igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyo ngeye gushotora igihugu c’u Rwanda. Ni byatangajwe n’ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda( RDF), mu itangazo bamaze…

Ingabo za RDF, zatanze igisubizo kuri perezida Félix Tshisekedi, ugize igihe avuga ko azarasa i Kigali.

Umuvugizi w’igisirikare c’u Rwanda (RDF), Brigadier General Ronald Rwivanga, yasubije Félix Tshisekedi, ugize igihe avuga ko azarasa i Gihugu c’u Rwanda. Mu minsi mike ishize, ahagana tariki 18/12/2023, n’ibwo perezida…

Igisirikare ca RDC (FARDC), mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bongeye kwibasira igisirikare c’u Rwanda (RDF).

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 25/12/2023, umuvugizi w’Igisirikare ca FARDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Lieutenant Colonel Ndjike Kaiko Guillaume, yongeye kwibasira igisirikare…

Igisirikare ca RDF cyanyomoje ibyo ingabo za RDC zatangaje ko abasirikare b’u Rwanda ngo b’injiye kubutaka bw’aCongo.

Igisirikare c’u Rwanda (RDF), cyanyomoje ibyo ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo batangaje kumunsi w’ejo hashize ko RDF y’injiye kubutaka bw’aCongo. Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 28/07/2023, saa 12:30pm,…

Ingabo z’u Rwanda zishe ic’ihebe cyari cyaramamaye kwizina rya General Bin Laden, womumutwe wa CPC homuri Centrafrique.

Igisirikare ca RDF, muri Centrafrique, cahoreye umusirikare w’omungabo zabo uheruka kwicwa arashwe n’inyeshamba zo mumutwe wa CPC. Yanditswe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 14/07/2023, saa 5:00pm, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.…

Ingabo za RDF ngozishobora kw’injira mugihe ibi byokomeza.

Hagaragajwe Impamvu zatuma Ingabo za RDF z’ishobora kwinjira kubutaka bw’aCongo Kinshasa . Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 09/07/2023, saa 12:10pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Umugabo w’umusesenguzi Tite Gatabazi, aheruka…

Umuvugabutumwa,Akaba N’umuyumbe Wa Yesu, Lt Col Simon Kabera, Niwe Wagizwe Umuvugizi w’igisirikare Ca RDF W’ungirije.

Lt Col Simon Kabera, akaba ari Umuvugabutumwa n’umuyumbe niwe wagizwe Umuvugizi wungirije w’ingabo z’u Rwanda( RDF). Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 08.06.2023, saa 12:45pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.…