• Wed. Jul 3rd, 2024

muri Kivu yamajy'Epfo

  • Home
  • Ibyago byo ngeye gushikira ingabo z’u Burundi, ubwo zavaga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo zitanze umusaada mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ibyago byo ngeye gushikira ingabo z’u Burundi, ubwo zavaga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo zitanze umusaada mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ingabo z’u Burundi zavaga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zaraye ziguye muri Ambush y’ingabo za M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. N’ibyaraye bibaye mu masaha yo ku mugoroba wo ku…

Undi mu Nyamulenge, Kega Rabani, yafashwe na Mai Mai, ku Bwegera, maze y’icunguza inka.

Undi mu Nyamulenge Kega Rabani, urimukigero c’imyaka mirongwine(40) irenga, yashimiswe na Mai Mai, ku Bwegera homuri Cheferie ya Plaine Dela Ruzizi, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo,…

Gushimuta abantu muri Kivu yamajy’Epfo bikomeje gufata indi ntera.

Umukozi w’ibiro bya leta mwishamyi rya DGI wari waraburiwe irengero yatoraguwe kuruyu wa kabiri tariki 12/09/2023, bakaba barasanze umurambo we urikureremba hejuru y’amazi mu mugezi wa Rusizi ahitwa mu Mosho…

Soseyete Itunganya Zahabu Muri RDC Igiye Gutangira Gukora Muri Kivu Yamajy’Epfo.

Kuriki cyumweru, tariki ya 11.06.2023, by’atangajwe ko Soseyete itunganya Zahabu muri RDC igiye gutangira ibikorwa byayo mwuku kwezi gutaha. Yanditswe n’a : Bruce Bahanda, tariki 12.06.2023, saa 7:15Am, Kumasaha ya…