• Tue. Sep 17th, 2024

mu Rwanda

  • Home
  • Impunzi z’Abanye-kongo zahungiye mu gihugu cy’abaturanyi, zagize ibyo zisaba ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Impunzi z’Abanye-kongo zahungiye mu gihugu cy’abaturanyi, zagize ibyo zisaba ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Impunzi z’Abanye-kongo zahungiye mu gihugu cy’abaturanyi, zagize ibyo zisaba ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi. N’impunzi z’Abanye-kongo zahungiye mu gihugu cy’u Rwanda, n’izo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20/08/2024, zatakambiye…

Umuryango w’Afrika y’unze Ubumwe watanze ubutumwa ku byerekeye amatora aheruka kuba mu Rwanda.

Umuryango w’Afrika y’unze Ubumwe watanze ubutumwa ku byerekeye amatora aheruka kuba mu Rwanda. Ni ubutumwa bwatanzwe na perezida wa komisiyo ya AU, bwana Moussa Faki Mahamat, aho yabutanze kuri uyu…

Havuzwe ibyimbitse ku bimukira ba mbere bagiye koherezwa mu Rwanda bavuye mu Bwongereza.

Havuzwe ibyimbitse ku bimukira ba mbere bazoherezwa mu Rwanda bavuye mu gihugu cy’u Bwongereza. N’ibyatangajwe na minisitiri w’intebe w’u Bwongereza aho yemeje ko abimukira ba mbere bazoherezwa mu Rwanda, bamaze…

Bill Clinton wahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ari muzitabira kwibuka ku nshuro ya 30, genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Bill Clinton ari mu bazitabira kwibuka ku nshuro ya 30 genocide ya korewe Abatutsi mu Rwanda. Ni ukuva ku Cyumweru tariki ya…

Bill Clinton wahoze ari perezida wa leta Zunze ubumwe z’Amerika ari muzitabira kwibuka ku nshuro ya 30, Genocide ya korewe abatutsi mu Rwanda.

Uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Bill Clinton ari mu bazitabira kwibuka ku nshuro ya 30 genocide ya korewe Abatutsi mu Rwanda. Ni ukuva ku Cyumweru tariki ya…

Mu Rwanda hafungiwe umunyekongo wafatanwe amahembe y’inzovu.

Umugabo w’imyaka 39 y’amavuko , akaba afite ubwenegihugu bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatawe muriyombi n’inzego zishinzwe umutekano mu Rwanad, azira gucuruza amahembe y’inzovu. Ni umugabo witwa Byamungu Kizungu…

Muruzinduko rwiminsi itatu Perezida Denis Sassou N’guesso, yagiriye mu Rwanda, yambitswe umudari namugenzi we Perezida Paul Kagame anamugabira n’inka z’inyambo.

Perezida Denis Sassou N’guesso muruzinduko rwiminsi itatu mu Rwanda akaba yarahageze kuruyu wa Gatanu tariki ya 21/07/2023, nuruzinduko yatumiwemo na mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame. Perezida wa Congo ubwo…