• Mon. Jul 1st, 2024

Mu Burasirazuba

  • Home
  • Umushumba mukuru w’idini rya Katolika ku Isi, Papa Francis yagaragaje ko ababajwe n’u mutekano muke uri muri RDC.

Umushumba mukuru w’idini rya Katolika ku Isi, Papa Francis yagaragaje ko ababajwe n’u mutekano muke uri muri RDC.

Umushumba mukuru w’idini rya Katolika ku Isi, Papa Francis yagaragaje ko ababajwe n’u mutekano muke uri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni byo yagaragaje kuri iki Cyumweru, ubwo yafataga…

Hatangajwe umubare w’ifaranga zikenewe kugira abakomeje kuva mu byabo kubera intarambara bafashwe, mu Burasirazuba bwa RDC.

Gutanga ubufasha ku Banyakongo bakomeje kuva mu byabo kubera ibibazo by’intambara harasabwa miliyoni 200 z’amadolari y’Amerika. Ni byatangajwe n’uhagarariye ibiro bikuru bya UNHCR, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Angela…

Agahenge ko guhagarika intambara mu Burasirazuba bwa RDC, Amerika yatangaje ko kongerewe.

Hongerewe ibyumweru bibiri, guhagarika imirwano mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, k’uruhande rw’Ingabo za Kinshasa na M23. Ibiro bya perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, White House,…