• Fri. Jul 5th, 2024

Minisitiri w'intebe

  • Home
  • Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak yeguye.

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak yeguye.

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak yeguye. Ni nyuma y’uko ishyaka ry’Abakozi (Labour Party) ryo mu Bwongereza ritsinze amatora rusange, nibwo Sunak Rich wari minisitiri w’intebe yahise afata umwanzuro wo…

Judith Suminwa minisitiri w’intebe wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yunze murya Tshisekedi ryo gutera u Rwanda.

Judith Suminwa minisitiri w’intebe wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yunze murya Tshisekedi ryo gutera u Rwanda. Nibyo Judith Suminwa yatangarije i Goma, ubwo yari muruzinduko rwa mbere agiriye muri…

Minisitiri w’intebe wa RDC yashyizeho gahunda Guverinoma ye izagenderaho, harimo no kurangiza intambara mu Burasirazuba bw’i ki gihugu.

Minisitiri w’intebe wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yashizeho gahunda yo kurangiza intambara mu Burasirazuba bw’i ki gihugu. Nibyo Juduth Suminwa, minisitiri w’intebe wa RDC yavugiye mu muhango wo kwemeza…

Minisitiri w’intebe wa Slovakia, Robert Fico yarashwe amasasu muruhame.

Minisitiri w’intebe wa Slovakia, Robert Fico, yarashwe amasasu menshi muruhame ubwo yasuhuzaga abaturage. Ni ejo hashize, tariki ya 15/05/2024, n’ibwo minisitiri w’intebe wa Slovakia, Robert Fico yarashwe amasasu menshi akaza…

Augustin Kabuya ufite umwihariko muri Guverinoma nshya ya Kinshasa, yagiranye i kiganiro na minisitiri w’intebe, Judith Suminwa Tuluka.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, minisiteri w’intebe Judith Suminwa Tuluka yagiranye i kiganiro n’ushinzwe amakuru mu biro bya perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwana Augustin Kabuya.…

Uhagarariye umuryango w’abagore n’abakobwa, muri Repububulika ya demokarasi ya Congo, yagize icyasaba uwabaye minisitiri w’intebe muri icyo gihugu.

Minisitiri w’intebe mushya yasabwe kuzana impinduka mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Nibikubiye mu butumwa bw’ishimwe ryatanzwe n’umuyobozi mukuru w’u muryango uharanira uburenganzira bw’u mugore n’abakobwa muri…

Perezida Félix Tshisekedi, ntarabona uzatsimbura minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde, ariko hari abari guhabwa amahirwe.

Uzatsimbura minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde, ntarabasha ku menyekana ariko hari abahabwa amahirwe. Ni Augustin Kabuya uhabwa amahirwe yo kuba yaba minisitiri w’intebe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, atsimbuye…

Minisitiri w’intebe mu Burundi, yasohoye mu Nama umuyobozi amuziza kutazana ibikenewe mubaturage.

Minisitiri w’intebe w’u Burundi, Gervais Ndirakobuca, yasohoye mu Nama Umuyobozi Mukuru w’uruganda rukora ifumbire (FOMI), Ntigacika Adrien, nyuma y’aho amuburiye igisubizo ku gihe ishwagara izatangira kugezwa mu bahinzi. Muri iyi…

Pologne ngoyaba ishaka guhangana nigihugu c’u Burusiya ! nimugihe basabye ibibunde bya Kirimbuzi.

Igihugu cya Pologne cyasabye Ubumwe bwa NATO, kobahabwa imbunda za kirimbuzi ngo kibashe kwikiza abo gitinye abo nab’Arusiya n’a Belarus. Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 03/07/2023, saa 7:10Am, kumasaha ya…