• Mon. Jul 8th, 2024

Lisansi

  • Home
  • Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku ibura rya lisansi rikomeje guca ibintu muri iki gihugu.

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku ibura rya lisansi rikomeje guca ibintu muri iki gihugu.

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku ibura rya lisansi rikomeje guca ibintu muri iki gihugu. Ni kuri iyi tariki ya 20/06/2024, perezida Evariste Ndayishimiye yujuje imyaka ine ayoboye…

Abarundi babuze amahitamo nyuma y’uko babujijwe kuja gushakira lisansi Uvira, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Lisansi ntizongera gucururizwa i Kamvimvira ku mupaka uhuza Congo n’u Burundi. Ni byatangajwe n’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Repubulika ya demokarasi ya Congo (DGM). Iki cyemezo cyahangayikishije benshi barimo abashoferi…

Ingaruka z’u bukene buri mu Burundi ahanini bwo gukena lisansi ziri kugira ingaruka ku Banya-uvira, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Abaturiye umujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo binubiye Abarundi baje gushakira lisansi muri ibyo bice ari benshi, bikaba byatumye igiciro cyayo kizamuka. Ni byatangajwe na batwara ibinyabiziga bo…

Leta y’u Burundi yakuriye inzira ku murima abenegihugu ku kibazo cya Lisansi (igitoro), iki gihugu kigize igihe cyarabuze.

Ubutegetsi bw’i gihugu cy’u Burundi bwa kuriye inzira ku murima abenegihugu ku kibazo cya Lisansi (igitoro), iki gihugu kigize igihe cyarabuze. Ni mu bisubizo byatanzwe na minisitiri w’intebe w’u Burundi,…