• Mon. Jul 8th, 2024

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

  • Home
  • Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zongeye gutangaza ko nta kindi cya mara intambara muri RDC usibye ibiganiro.

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zongeye gutangaza ko nta kindi cya mara intambara muri RDC usibye ibiganiro.

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yongeye kuvuga ko intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC nta kindi cya yimara usibye ibiganiro. N’ibyatangajwe n’umunyamabanga w’ungirije wa Amerika ushinzwe diplomasi, imiyoborere n’amahoro, Enrique Roige…

Hamenyekanye amakuru ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zifasha igisirikare cya Israel mu ibanga rikomeye mu bitero bagaba mu Ntara ya Gaza.

Hagaragajwe ko leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yoherereza Israel imbunda zikomeye mu bitero igaba mu Ntara ya Gaza. Ni ibanga ryatangajwe n’igitangaza makuru cyo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, kizwi nka…

Igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda bya buriwe kuva ku manga bariho ya batembesha mu muriro.

U butegetsi bw’u Rwanda n’u bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ba buriwe kuva ku manga bahagazeho ibajyana mu ntambara. Ni leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatanze iyo Nama, ni mugihe…

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zongeye kotsa igitutu ubutegetsi bwa Kigali, ku byerekeye imirwano ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zasabye leta y’u Rwanda guhagarika guha ubufasha M23, no kuvana Ingabo zabo bavuga ko ziba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ubu busabe Amerika yabusabye binyuze…