• Wed. Jul 3rd, 2024

Kubaka

  • Home
  • Igihugu cya Uganda kigiye kubakirwa na leta Zunze Ubumwe z’Abarabu ikibuga cy’indege mpuzamahanga.

Igihugu cya Uganda kigiye kubakirwa na leta Zunze Ubumwe z’Abarabu ikibuga cy’indege mpuzamahanga.

Igihugu cya Uganda kigiye kubakirwa na leta Zunze Ubumwe z’Abarabu ikibuga cy’indege mpuzamahanga. Ni amasezerano yasinywe n’ihuriro rya Sharjah Chamber of Commerce and Industry na leta ya Uganda. Iri huriro…

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangiye ibikorwa byo kubaka ibiraro mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yiyemeje kubaka ibiraro bine byo muri teritware ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni gikorwa cyatangiye ku Cyumweru tariki ya 24/04/2024, kikaba…

Abanyamulenge bahawe ubutumwa bukomeye ku gihugu cyabo, ba buherewe mu Rurambo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu Rurambo, ho mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, hatanzwe ubutumwa buvuga ko Abanyamulenge bagiye kongera kubaka akarere k’i misozi miremire y’Imulenge. Ni byavugiwe mu masengesho adasanzwe…