• Fri. Jul 5th, 2024

Iperereza

  • Home
  • Perezida Félix Tshisekedi yashizeho umuyobozi mushya w’ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza(Agence Nationale de Reinseignements).

Perezida Félix Tshisekedi yashizeho umuyobozi mushya w’ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza(Agence Nationale de Reinseignements).

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yashizeho umuyobozi mushya w’ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza(Agence Nationale de Reinseignements). Ni bwana Justin Inzun Kakiak wagizwe umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe iperereza…

Kubera ifatwa rya Rwindi, aba ofisiye 10, barimo Major Gen Chicko Tshitambwe na Col Aaron Nyamushebwa, bahamagajwe vuba nabwangu kuja kwisigura mu iperereza.

Kubera ifatwa ry’u Mujyi wa Rwindi aba ofisiye icumi barimo Major Gen Chicko Tshitambwe na Colonel Aron Nyamushebwa, bahamagajwe n’u rwego rw’i perereza i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya…

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF), bwavuze ko harikirimo gukorwa nyuma y’uko bafashe abasirikare ba biri ba FARDC.

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda(RDF), bwatangaje ko barimo gukora iperereza ry’Imbitse ku basirikare ba biri ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo bafashwe nyuma y’uko umwe yari amaze kuraswa arapfa. Mu masaha…

Leta ya Kenya, yasohoye itangazo rimenyesha RDC ko batangiye iperereza ry’Imbitse k’umutwe w’Inyeshamba uheruka kuvuka.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Kenya, bwatangaje ko bwatangije iperereza ry’Imbitse k’u mutwe wa ‘Alliance Fleuve Congo,’ uheruka kuvukira muricyo gihugu, ukaba ugamije gushiraho iherezo Guverinoma ya Kinshasa, nk’uko byatangajwe n’uwo…

Urugo Rwuwahoze Ari President Wa RDC,Joseph Kabila, Ngoruragegwa Amajanja Nabashinzwe Iperereza Muri RDC.

Ubutasi bwa Republika ya democrasi ya Congo (ANR), ngo bushobora gusaka ingo zuwahoze ari President wa RDC Joseph Kabira. Yanditswe na :Bruce Bahanda, kw’itariki 09.06.2023, saa 6:00pm, kumasaha ya Bukavu…