• Fri. Jul 5th, 2024

Inzara

  • Home
  • Byibuze abagera kuri batandatu nibo bapfuye, baguye mu ikambi ya Rusayo iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Byibuze abagera kuri batandatu nibo bapfuye, baguye mu ikambi ya Rusayo iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abantu barenga batanu bamaze gupfa bishwe n’inzara mu ikambi ya Rusayo iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni amakuru yemejwe n’umuyobozi w’iyi kambi ya Rusayo, bwana Joseph Kamara, aho yatanze…

Ubukene n’inzara bi ravuza ubuhuha mu gihugu cy’u Burundi, bitandukanye n’ibyo ubutegetsi bw’icyo gihugu bukunze gutangaza.

Ubukene mu gihugu cy’u Burundi buravuza ubuhuha. Ni abenegihugu bo mu Mujyi wa Bujumbura, mu gihugu cy’u Burundi bavuga ko bugarijwe n’ubukene bukabije, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’ijwi ry’Amerika. Ivuga ko…

Inzara iravuza ubuhuha mu gipolisi cy’u Burundi, ahanini mu majy’epfo y’iki gihugu.

Igipolisi cy’u Burundi, cyo mu Ntara ya Makamba, mu majy’epfo y’iki gihugu, bagumutse kubera batagaburirwa neza. Ni kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12/03/2024, Abapolisi bo muri Commune Nyanza-lac, mu…

Abakuwe mubyabo Muburasirazuba bwa RDC batangiye kwicwa n’inzara.

Impunzi ziri mu Makambi y’Impunzi Muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo, zatangiye kwicwa n’inzara. Ni mugihe basanze umugore urimukigero cy’imyaka 60 yapfuye bakaba basanze aho yaguye yishwe n’inzara. Amakuru…

Inzara iravuza ubuhuha mubaturage bakuwe mubyabo bagahungira mubice bya Beni.

Abahunze bava mubyabo mubice bya Beni homuri Kivu y’Amajyaruguru baje gutabaza kwa Meya wa Beni. Yanditswe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 18/07/2023, saa 2:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Imbaga y’abantu…