• Mon. Jul 1st, 2024

Intambara

  • Home
  • Abaturage amagana namagana bongeye guhunga mubice bya Masisi nimugihe intambara yo ikomeje kubica bigacika hagati ya M23 nihuriro ryimitwe ishigikiwe n’a Guverinema ya Congo.

Abaturage amagana namagana bongeye guhunga mubice bya Masisi nimugihe intambara yo ikomeje kubica bigacika hagati ya M23 nihuriro ryimitwe ishigikiwe n’a Guverinema ya Congo.

Abaturage mubice bya Masisi bongeye guhunga kubwinshi nimugihe aka karere kongeye kuba mo intambara ikaze hagati y’inyeshamba za M23 nimitwe yitwaje intwaro ishigikiwe n’a leta ya Kinshasa. Yanditswe na Bruce…

Nyuma Yamezi Atatu Intambara Ihagaze Muri Kivu Yaruguru, Kuruyu Wakane Hongeye kuvugwa Intambara Ikaze Muribyo Bice.

Muri teritware ya Masisi haravugwa intambara ikaze hagati y’inyeshamba za M23 nabo mumutwe wa Wazalendo. Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 15.06.2023, saa 12:10Pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Intambara yongeye…

Mugihe RDC Yugarijwe N’intambara Zurudaca Perezida Félix Tshisekedi, Arizihiza Isabukuru Yimyaka 60 Amaze Avutse.

Perezida Félix Tshisekedi uyumunsi aruzuza imyaka 60 yamavuko. Perezida Tshisekedi, abinyujije kurukuta rwe rwa Twitter yanditse ko uyumunsi ari bwizihize isabukuru y’imyaka 60 amaze avutse. Perezida wa mbere wa DR…

Hongeye Kuvugwa Intambara Ikomeye Muri Ukraine, Ibifaru Bine(4) Bya Ukraine Bikaba Bimaze Gutwikwa.

Leta y’u Burusiya yatangaje ko ingabo zabo zatwitse ibifaru icyenda(9) bya Ukraine, harimo bine(4) bigezweho byo mu bwoko bwa Leopard 2, Igihugu ca Ukraine cyarigiheruka kubihabwa n’a leta y’u Budage.…

Menya Intamabara Ukraine Yashoweho Irazira Ubutunzi Yibitseho.

Intambara ya Barusiya yo kwigarur Crimea, yatangiye guhera mumwaka wa 2014, muricogihe Uburusiya bwafashe imitungo myinshi igera kumagana yabantu bo muri Ukraine. Nkuko bigaragara munkuru ya BBC yo kw’itariki 03.06.2023,…

Thabo Mbeki wigeze kuyobora igihugu Cya Afrika Y’epfo, Yagaragaje Umuzi W’intambara Zurudaca Muri RDC.

Thabo Mbeki, wigeze ho kuyoboraho igihugu cya Afrika y’Epfo, yagaragaje ibitera Repubulika ya Demokarasi ya Congo guhora muntambara zurudaca. Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 27.05.2023, saa 4:35 pm, Kumasaha ya…