• Fri. Jul 5th, 2024

Inama

  • Home
  • Mu Butaliyani niho inama y’umuryango wa G7 yateraniye initabirwa na Papa Francis, menya ibyayo.

Mu Butaliyani niho inama y’umuryango wa G7 yateraniye initabirwa na Papa Francis, menya ibyayo.

Mu Butaliyani niho inama y’umuryango wa G7 yateraniye initabirwa na Papa Francis, menya ibyayo. Ni nama yabaye bwa mbere mu 1973, icyo gihe kandi yitabiriwe n’umushumba mu kuru wa kiliziya…

Minisitiri w’intebe wa Slovakia, Robert Fico yarashwe amasasu muruhame.

Minisitiri w’intebe wa Slovakia, Robert Fico, yarashwe amasasu menshi muruhame ubwo yasuhuzaga abaturage. Ni ejo hashize, tariki ya 15/05/2024, n’ibwo minisitiri w’intebe wa Slovakia, Robert Fico yarashwe amasasu menshi akaza…

Uruntu runtu mu nama yaba Chefs ba Minembwe n’ingabo za FARDC.

Uruntu runtu munama iheruka ya ba Chefs n’ingabo za Frdc mu Minembwe. Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 18/08/2023, saa 8:00Am, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Kumunsi w’ejo hashize tariki 17/08/2023,…

Perezida Félix Tshisekedi, Mumugambi wabashaka guhirika Ubutegetsi bwa Perezida Paul Kagame.

I nama yabarwanya leta ya Kigali, yari kubera i Kinshasa yasubitswe maze yimurigwa ubutaha. Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 1/07/2023, saa 1:30pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Byari byitezwe ko…

Mu Rwanda Hari Kubera Ibiganiro Byahuje Abaofisiye Mungabo Za EAC.

Aba komanda b’Ingabo z’ibihugu bigize umuryango wa Afrika y’iburasirazuba (EAC) bari mu Rwanda aho bitabiriye ibiganiro bitegura amasomo ahuriwe nabasirikare bagize ib’ihugu bya EAC. Namasomo yahawe izina “Ushirikiano Imara.” Ibi…

Kinshasa Yemeye Kwakira Inama Yabanyapolitike Bose kw’Isi Barwanya Leta Ya Kigali.

Perezida wa RDC Félix Tshisekedi aravugwa ho guhuriza hamwe abarwanya leta ya Kigali mugihugu cye. Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 12.06.2023, saa 4:17pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Abatavuga rumwe…