• Fri. Jul 5th, 2024

Bunagana

  • Home
  • Kuri iyi tariki ya 13/06/2022, nibwo ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga zigaruriye umujyi wa Bunagana, menya uko byari byifashye.

Kuri iyi tariki ya 13/06/2022, nibwo ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga zigaruriye umujyi wa Bunagana, menya uko byari byifashye.

Iyi tariki ya 13/06/2022, nibwo ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga zigaruriye umujyi wa Bunagana uri mu majyepfo ashira uburasirazuba bw’i Ntara ya Kivu Yaruguru. M23 gufata uyu mujyi wingenzi,…

Havutse impaka hagati ya Guverinema ya Kinshasa, numutwe w’inyeshamba wa M23, kuza kungenzura Bunagana.

Umutwe w’inyeshamba wa M23, wanze icyemezo cya Guverinema ya Kinshasa, cyokohereza abakozi bayo gukora kumupaka wa Bunagana. Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 08/07/2023, saa 3:30pm, kumasaha ya Bukavu na…

Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, murwego rwa Gisirikare, yatanze Itangazo amenyesha inzego zishinzwe umutekano ko aribo bagenzura agace ka Bunagana.

Ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo, nizo zingenzura Bunagana. Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 08/07/2023, saa 8:30Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, murwego…

Umwaka Urarumanye Neza Bunagana, Ifashwe N’ingabo Za M23, Murubwo Buryo Abaturiye Goma Basabye Ko Leta Ya Kinshasa Ivugururwa.

Mugihe umwaka urumanye neza Bunagana ifashwe n’ingabo za M23 abaturiye Kivu y’Amajyaruguru, barasaba ko leta ya Sama Lukonde ivugururwa . Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 13.06.2023, saa 1:31pm, kumasaha ya…