• Fri. Jul 5th, 2024

Benjamin Netanyahu

  • Home
  • Ibyo muri Israel byongeye gukara, ni mu gihe abategetsi bo hejuru b’iki gihugu bagize icyo basaba minisitiri w’intebe, Benjamin Netanyahu.

Ibyo muri Israel byongeye gukara, ni mu gihe abategetsi bo hejuru b’iki gihugu bagize icyo basaba minisitiri w’intebe, Benjamin Netanyahu.

Abategetsi bakomeye bo mu gihugu cya Israel bateguje kwegura ngo mu gihe minisitiri w’intebe wabo yafata icyemezo cyo guhagarika intambara barimo na Hamas. Abo ba minisitiri ni uw’imari, Bazelel Smotrich…

Igihugu cya Israel cya tangaje ibyo kigiye gukora nyuma y’uko amahanga akimereye nabi ku bitero kigaba mu Ntara ya Gaza.

Igihugu cya Israel cya vuze ko kizakomeza ibitero mu Ntara ya Gaza. Ni byatangajwe na minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yavuze ko ingabo z’igihugu cye zizakomeza ibitero mu gace…

Abategetsi ba komeye bo muri leta ya Israel, basohorewe impapuro zo kubata muri yombi.

Urukiko mpuzamahanga rwa ICC rwatangaje ko rwashyizeho impapuro zo guta muri yombi abategetsi ba kuru bo muri Israel barimo na minisitiri w’intebe, Benjamin Netanyahu na minisitiri w’ingabo, Yoav Gallant. Umushinja…

Aka kanya minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, atangaje ibindi bishya leta ye, igiye gukora kuri Ira.

Ubutegetsi bw’igihugu cya Israel bwongeye kuvuga bushize amanga ku byo bugiye gukora nyuma y’uko Iran ibagabyeho igitero gikaze. Ni bikubiye mu jambo minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yatanze kuri…

Israel ngo yaba igiye guhora! menya izindi ngamba zifashwe muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere, hagati ya Iran na Israel.

Leta ya Iran yaburiye Israel na Amerika kutazakora igikorwa cyo kwihorera kugitero bagabye kuri Israel, ngo mu gihe babikoze ingaruka zizoba umurengera. Ni Iran ibuza Israel kwihora ku bitero bidasanzwe…

Minisitiri w’intebe, Benjamin Netanyahu, yavuze amagambo akakaye ku cyemezo Afrika y’Epfo yafashe cyo kuyijana mu nkiko.

Leta ya Israel yamaganye Afrika y’Epfo kuba ishaka kujyana iki gihugu mu nkiko. Israel binyuze kuri Minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu, yavuze ko kuba Afrika y’Epfo irikujyana igihugu cye mu nkiko…

Minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu, yasezeranije umutwe wa Hamas ko ingabo ze zigiye gukora amateka azasigira Isi urwibutso kuri uyu mutwe.

Mw’ijoro ryo kw’itariki 09/10/2023, Minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangarije umutwe wa Hamas ko igisirikare ce kigiye gukoresha uburyo bushoboka ‘bagatsinsura’ uyu mutwe Burundu ugashiraho. Yabivuze muriri joro ryakeye…