• Mon. Jul 8th, 2024

Afrika y'Epfo

  • Home
  • Perezida Cyril Ramaphosa, uheruka gutangaza ko agiye guhindura imyumvire ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, yitezwe i Kampala.

Perezida Cyril Ramaphosa, uheruka gutangaza ko agiye guhindura imyumvire ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, yitezwe i Kampala.

Umukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yitezwe mu gihugu cya Repubulika ya Uganda. Ni byashizwe hanze na minisiteri y’u banye n’amahanga y’igihugu cya Uganda, kuri uyu wa Gatanu tariki…

Hari icyizere cy’uko umubano w’i Gihugu cya Afrika y’Epfo n’u Rwanda waba mwiza nyuma y’ibyavuye mu biganiro by’abakuru b’ibihugu byombi.

Hagaragaye ibiganisha ku mubano mwiza w’u Rwanda n’igihugu cya Africa y’Epfo. Ni perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo, bagiranye ibiganiro aho bakoze ku mubano w’i…

Ikipiye y’imikino yo mu gihugu cy’u Burundi yasezerewe mu gikombe kirimo kubera muri Afrika y’Epfo, izira kwanga kwambara umwambaro wanditseho visit Rwanda.

Abakinyi b’u Burundi bo mu ikipe ya Dynamo BBC, basezerewe mu gikombe cy’imikino y’intoki cyarimo kibera mu gihugu cya Afrika y’Epfo, bazira kwanga kwa mbara umwambaro wa “visit Rwanda”. Ni…

Havuzwe abandi basirikare ba Afrika y’Epfo, baguye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Babiri mu basirikare ba Afrika y’Epfo nibo bya menyekanye ko bapfuye nyuma yuko habaye kurasana hagati yabo bonyine. Ni abasirikare ba Afrika y’Epfo bari mu butumwa bw’ingabo z’umuryango w’Abibumbye, Monusco,…

Perezida Cyirl Ramaphosa, yasezeranije kohereza abandi basirikare benshi muri RDC nyuma y’uko M23 yigaruriye ibice byingenzi.

Perezida wa Afrika y’Epfo, Cyirl Ramaphosa yasezeranije kohereza inzindi ngabo z’igihugu cye 3000, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku rwanya M23. Ni k’umunsi w’ejo hashize, tariki ya 12/02/2024, umukuru…

Minisitiri w’intebe, Benjamin Netanyahu, yavuze amagambo akakaye ku cyemezo Afrika y’Epfo yafashe cyo kuyijana mu nkiko.

Leta ya Israel yamaganye Afrika y’Epfo kuba ishaka kujyana iki gihugu mu nkiko. Israel binyuze kuri Minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu, yavuze ko kuba Afrika y’Epfo irikujyana igihugu cye mu nkiko…

Ingabo z’Afrika y’Epfo, zo mu muryango w’Afrika y’Amajy’epfo, zageze k’ubutaka bwa RDC, ku rwanya M23.

Kuri uyu wa Gatatu, tariki 27/12/2023, Ingabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo (SADC), zaraye zigeze, k’u k’ibuga cy’Indege, i Goma, k’u murwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Republika…

RDC ngwizitabira i Nama y’ibihugu b’ihuriye mu muryango wa BRICS, ni Nama izabera i Johnnesburg muri Afrika y’Epfo.

Kinshasa izitabira Inama ya 15 y’umuryango wa BRICS. Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 21/08/2023, saa 8:30Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Republika ya Democrasi ya Congo, yatangaje ko izitabira Inama…

Ib’inyamakuru bitandukanye byagize ico bivuga kuruzinduko rwa Perezida Cyril Ramaphosa, i Kinshasa.

Uruzinduko rwa Perezida wa Afrika y’Epfo Cyril Ramaphosa, i Kinshasa ibinyamakuru byagize ico b’ibitangaza ho. Yateguwe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 07/07/2023, saa 11:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe Dusanga…

Perezida w’igihugu ca Afrika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, kuruyu wa Gatatu yaraye ageze i Kinshasa muri RDC.

Perezida wa Afrika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, kuruyu wa Gatatu w’ejo hashize, yageze i Kinshasa aho ari muruzinduko rwakazi. Yanditswe n’a Bruce Bahanda, Kw’itariki 06/07/2023, saa 2:20pm, kumasaha ya Bukavu na…