Abarimo n’Abasirikare baregwa icyaha cyo gutera inkunga u mutwe wa, bakatiwe igihano cyo gufungwa abandi bagirwa abere.
K’uwa Kane, w’ejo hashize, tariki ya 11/01/2024, abantu makumyabiri n’umwe(21), barimo n’Abasirikare ba biri bo mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bashinjwa icyaha cyo gutera inkunga u mutwe…