• Sat. Jun 29th, 2024

Abantu

  • Home
  • Ubusobanuro bw’imbitse ku mpongano y’ibyaha by’abavuka kuri Adamu waremwe n’Imana.

Ubusobanuro bw’imbitse ku mpongano y’ibyaha by’abavuka kuri Adamu waremwe n’Imana.

Ubusobanuro bw’imbitse ku mpongano y’ibyaha by’abavuka kuri Adamu waremwe n’Imana. Impongano y’ibyaha bivuga ko Yesu yapfuye mu cyimbo cyacu, twebwe abanyabyaha . Ibyanditswe byera bisobanura ko abantu bose ari abanyabyaha,…

Umubare w’abantu bari guhitanwa n’ubushyuhe budasanzwe, ukomeje kwiyongera mu gihugu cy’u Buhinde.

Ubushyuhe budasanzwe bwahitanye abantu benshi mu gihugu cy’u Buhinde. Ni mu Ntara ya Uttar Pradesh n’iya Odisha, niho abantu 53 bishwe n’ubushyuhe, nk’uko byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters.…

Hagaragajwe ibintu umunani umuntu yakora mbere ya saa mbiri z’igitondo bika mufasha gutera imbere.

Hagaragajwe ibintu umunani umuntu yakora mbere ya saa mbiri z’igitondo bika mufasha gutera imbere. Ugendeye ku mitekerereze ya muntu bigaragara ko hari ibyo abateye imbere bakora mu gitondo cya kare…

Abantu barenga 10 bishwe batemaguwe abandi bahira mu mazu; byabereye muri Luna ho mu gihugu cya RDC.

Abantu barenga 10 bishwe batemaguwe abandi bahira mu mazu; byabereye mu bice byo muri Luna ho mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni kuri uyu wa Mbere tariki…

Gushimuta abantu muri Kivu yamajy’Epfo bikomeje gufata indi ntera.

Umukozi w’ibiro bya leta mwishamyi rya DGI wari waraburiwe irengero yatoraguwe kuruyu wa kabiri tariki 12/09/2023, bakaba barasanze umurambo we urikureremba hejuru y’amazi mu mugezi wa Rusizi ahitwa mu Mosho…

I Kabambare, haravugwa ibihumbi byabantu bahunga kubera umutekano ukomeje kuba mubi cyane.

Ka Bambare haravugwa umutekano muke watumye ibihumbi byabantu bahunga. Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 11/08/2023, saa 8:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Tariki icyumi ( 10) zukukwezi kwa Munani umwaka…