• Fri. Jul 5th, 2024

Me. Jacques Kamuhora, yasobanuye “Ubuntu ubwaribwo,” maze acyaha barya bavangavanga.

Share with others

Ubuntu ntibwaje ngo butume dukora ibyaha nkana!!!

Angalisho: UBUNTU ntibuduha uburenganzira bwo gukora ibyaha

Rom 6:1, Nuko tuvuge iki? Tugumye gukora ibyaha ngo Ubuntu busage? Ntibikabeho!

Rom 6:14-15
[14]Ibyaha ntibikabategeke kuko mudatwarwa n’amategeko, ahubwo mutwarwa n’ubuntu.

[15]Nuko tugire dute? Mbese dukore ibyaha kuko tudatwarwa n’amategeko, ahubwo dutwarwa n’ubuntu? Ntibikabeho!

Ese UBUNTU ni iki?:

AGAKIZA ni iki?:

UBUNTU: m’ururimi rw’Amahanga bivuze “Grâce,” ugenekereje mu Kinyamulenge, ni ikintu uhabwa n’undi muntu cyangwa n’igikorwa ukorewe n’undi, wewe utarufitiye ubushobozi bwo ku kibona ukagihabwa k’ubuntu ntakiguzi utanze ndetse udafite n’ubushobozi bwo kugica cyangwa kukigura amafaranga yawe ubu BUNTU nyirabwo afite ubushobozi bwo kubukwaka akongera akabw’isubiza urugero: lmbabazi za Perezida wa Repubulika bita “Grâce présidentielle” n’imbabazi agirira infungwa(imbohe), azibaha batazimusabye abyiyumvamo wenyine akazibohora izombabazi umukuru w’igihugu azitanga 1 muri mandat 1 kandi nabwo abishatse rero Iyo imbohe yitwaye nabi murizambabazi ntazirikane icyo yakorewe gikomeye nyirazo uwazimuhaye afite ubushobozi n’uburengazira bwo kuzimwaka akazisubirana akamusubiza mugihome(prison). Ubwo nibwo BUNTU rero, Abakirisitu bahawe na YESU.

AGAKIZA, ni iki?: Ni ugucungurwa, bivuze, m’ururimi rw’Amahanga “C’est être sauvé,” gucungurwa mu byago urimo ugakurwamo n’undi muntu ubigizemo uruhare rukomeye ashobora kubizira agapfa wewe ukabaho ukabona gucungurwa guturutse k’uwundi muntu kandi bikorwa1 twaracunguwe mubyaha iteka ryose. Yesu yaje kudukura m’u bubata bw’ibyaha twarimo, atubera incyungu 1 Rukumbi. Yapfuye1 risa apfira ibyaha byacu nta y’indi ncyungu dutegereje nta kindi gitambo dutegereje nikimwe Rukumbi, cyarabonetse AGAKIZA karabonetse kuri bose umuntu yokibuza gusa wenyine kuko lmana yacyu ntizifata ku ngufu ni démocrate régime y’lmana ni Régime démocratique izigushira imbere inzira z’ibiri (2), amahitamo akaba ayawe.

Bene data ubu muriki gihe cyanyuma muri byabihe byanyuma Pahoro yavuze ngo:” hazaza inyigisho zimperuka ziyobya benshi, hazaza n’abigisha bi binyoma bigisha bijanye n’irari ry’abantu b’isi bikigihe ndetse ngo hazaza n’inyigisho ziyobya zorohereza abantu gukora ibyaha nkana zigisha abantu kureka lmana no kutubaha lmana zimwe nizi zadutse ngo: “UBUNTU BWARABONETSE, NGO BUZANIRA ABANTU AGAKIZA KANDI NGO TWARACUNGUWE1 RUKUMBI ngo NUBWO TWAKORA IBYAHA TUZAJA MWIJURU” YEGO nanje ndabyemerako Ubuntu bwabonetse kandi AGAKIZA twakaronse kubuntu ntakiguzi twatanze ariko AGAKIZA ntikaje ngo katugire abumudendezo bo gukora ibyo twishakiye bijanye nirari ryacu ahubwo UBUNTU na GAKIZA, byaraje bituzanira gukizwa ibyaha ariko birongera bitugira imbata za Kristo tuba imbata zako gakiza kuko katwangishije gukora ibyaha nkana AGAKIZA ntikabonetse ngo gatume dukora ibyaha nkana, sibyo biragatsindwa!!! Ahubwo UBUNTU, bwa tugize imbata za Krsito abo bita “watumwa maradufu,” Ubu turimbata za kristo tutarakizwa twari genga ga tugakora ibyo twishakiye ariko Ubuntu bubonetse buduhindura imbata za kristo nyakuri kuko ngo tutakirabacyu ngo twigenge twakowe amaraso yigiciro cyinshi kandi Iyo umuntu ari “fiancé” uwasabwe uba uriho,ikimenyetso ndetse ni ingwate uribungenga witwara neza kandi uritwararika rero Ubuntu ntibwaje ngo buduhe umudendezo wose ahubwo bwaje kutubuza ubumudendezo w’ibyaha n’ibinezaneza byabyo ahubwo UBUNTU bwaduhaye umudendezo wo muri Krsito Yesu twumva twizihiwe kotutagitegekwa n’i byaha byadutwaraga aho bishaka ahubwo umwuka wera akaba ariwo usigaye ategeka ubuzima bwacu umwuka wera niwe conducteur ou Chauffeur w’ubuzima bwacyu, Amen.

Yari ubakunda Kamuhora Jacques Ntwayingabo.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

One thought on “Me. Jacques Kamuhora, yasobanuye “Ubuntu ubwaribwo,” maze acyaha barya bavangavanga.”
  1. Uko nukuri peeeee!!!!!!
    Twari Imbata z’Ibyaha, Nibyo. Ariko ubu, kubera agakiza Twahindutse Imbata z’Umwami wacu Yesu Christo. Gusa ikibazo cabaye Bamwe bakiriye agakiza nabi. Finalité y’agakiza N’Ukwakira Impano Y’Umwuka wera. Iyo wihanye, ukizera christo, ukabatizwa mumazi. Haba hasigaye kurambikwaho Ibiganza ukakira Umufasha, Umwuka wera. Uwo akaba ariwe Wuzuza Agakiza rero..!!!.

Comments are closed.