• Mon. Jul 8th, 2024

Imigabo, n’imigambi, y’Ingabo za SADC, zo herejwe mu Burasirazuba bwa RDC, yatangajwe.

Share with others

Imigabo, n’imigambi, y’Ingabo za SADC, zoherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangajwe.

Ingabo zo mu muryango w’iterambere ry’Afrika y’Amajy’epfo, zizwi kw’izina rya “SAMIDRC,” zageze k’ubutaka bwa RDC, ahagana tariki ya 15/12/2023, nk’uko iy’inkuru tuyikesha urubuga rwa SADC news.

Iza maze kugera muri RDC, zigizwe n’izi gihugu ca Malawi, Afrika y’Epfo n’iza Tanzania.

Intego yaziriya Ngabo nk’uko ruriya rubuga rwa komeje rubitangaza, ahanini uriya muryango w’Afrika y’Amajy’epfo, wohereje ingabo zabo muri RDC, kugira “zije gufatanya n’Abanyekongo ndetse n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo(Fardc), ku rwanywa Imitwe y’itwaje imbunda iherereye mu Burasirazuba bwa RDC.”

Bakomeje bavuga ati: “Kuba SAMIDRC, iri muri RDC, byerekana ubushake bw’ibihugu bigize u muryango wa SADC gushigikira igihugu ca RDC, mu bikorwa bigamije kugera k’u mahoro arambye.”

Kohereza ingabo za SAMIDRC, bihuye “n’amasezerano agize uyu muryango yashizweho kuva mu mwaka w’2003.” N’amasezerano ashimangira ibi bikurikira: “Igitero gikozwe n’abitwaje imbunda, icyaricyo cyose kizibasira kimwe mu gihugu kigize uyu muryango, kizafatwa nk’i guhungabanya umutekano wa karere, SADC, izahita ibifatira ibyemezo.”

Ay’amakuru akomeza avuga ko umwanzuro wokohereza Ingabo za SADC, mu Burasirazuba bwa RDC, wafatiwe i Windhoek, mu gihugu ca Namibia, ku ya 08/05/2023.

Bikaba bya vuzwe ko Ingabo za SAMIDRC, zahawe kuyoborwa na Major Gen Monwabisi Dyakopu, wo mu gihugu ca Afrika y’Epfo.

Bruce Bahanda.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.