• Mon. Jul 8th, 2024

I Kananga, imvura idasanzwe yaraye ihitanye abantu 21, isenya n’ibikorwa remezo bya leta n’i bya baturage.

Share with others

K’u wa Kabiri, tariki 26/12/2023, ahagana isaha z’umugoroba, abantu bagera kuri ma kumyabiri n’umwe (21), nibo baraye bishwe n’imvura mu Mujyi wa Kananga, mu Ntara ya Kasai-Central, mu gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

N’imvura yaguye idasanzwe aho bya navuzwe ko imigezi iherereye i Kananga, yahise y’uzura maze amazu, inyubako za leta n’amatorero birakunduka.

Kugeza ubu abamaze kumenyekana ko bapfuye, n’Abantu 21. Gusa bakaba bakomeje gushakisha kuko abakibuze barenze 50.

Ibi bya nemejwe na perezida w’inteko ishinga amategeko mu Ntara ya Kasai-Central, bwana Marcel Tshipepele.

Ati: “Hari abakibuze dukomeje gushaka ariko imirambo imaze kuboneka ni 21.”

Yunzemo kandi ati: “Dukomeje no kwihanganisha aba buze ababo ndetse n’Abanyekongo muri rusange, ku bw’ibi byago, bya baye. Ibi n’impanuka ikomeye.”

Muri ibi bihe by’imvura, bikunze kuba bibi cyane muri RDC. Tu tibagiwe ko n’i Kinshasa, mu gihe nk’iki, aribwo hishwe abantu benshi umwaka ushize nyuma y’ubwo hakurikiye mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nka Kalehe na Uvira ndetse na Baraka.

Bruce Bahanda.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.