• Wed. Jun 26th, 2024

Amakuru

  • Home
  • Imyigaragambyo imaze iminsi ibera i Nairobi mu gihugu cya Kenya yafashe indi ntera, ndetse igwamo n’abantu.

Imyigaragambyo imaze iminsi ibera i Nairobi mu gihugu cya Kenya yafashe indi ntera, ndetse igwamo n’abantu.

Imyigaragambyo imaze iminsi ibera i Nairobi mu gihugu cya Kenya yafashe indi ntera. Ni myigaragabyo igiye kumara iminsi ingana n’icyumweru ibera ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya Kenya…

Ibyimbitse ku gitero cyagabwe ku baturage b’irwanaho bazwi nka Twirwaneho mu misozi ya Rurambo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ibyimbitse ku gitero cyagabwe ku baturage b’irwanaho bazwi nka Twirwaneho mu misozi ya Rurambo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni igitero cyakozwe igihe c’isaha z’u mugoroba wajoro wo ku wa…

Bitunguranye abasirikare b’u Burundi benshi baguye mu mpanuka.

Bitunguranye abasirikare b’u Burundi benshi baguye mu mpanuka. Ni abasirikare babarirwa kuri 23 bo mu ngabo z’u Burundi bahitanywe n’impanuka y’imodoka, ubwo yari batwaye igwa ahantu hari igikunduke kirekire, ikaba…

Ibyo wamenya ku mirwano yasakiranije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa kuri uyu wa Mbere.

Ibyo wamenya ku mirwano yasakiranije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa kuri uyu wa Mbere wo kw’itariki ya 25/06/2024. Ni imirwano yabereye muduce dutandukanye harimo utubiri…

Abantu barenga icyenda bafatiwe i Kinshasa muruhame rw’abantu benshi bakora amahano.

Abantu barenga icyenda bafatiwe i Kinshasa muruhame rw’abantu benshi bakora amahano. Ni kuri uyu wa Mbere abashinzwe umutekano batangaje ko bataye muri yombi abantu icumi basambaniraga muruhame, ku murwa mukuru…

Abarimo n’umuyobozi bapfiriye i Mboko ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Abarimo n’umuyobozi bapfiriye i Mboko ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Ni ahagana isaha ya saa mbiri z’ijoro ryaraye rikeye rishira kuri uyu wo ku Cyumweru,…

Ibisasu biremereye byakomerekeje abasivile mu mujyi muto wa Kanyabayonga, muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ibisasu biremereye byakomerekeje abasivile mu mujyi muto wa Kanyabayonga, muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru. Ni bisasu byatewe ubwo harimo imirwano ihanganishije umutwe wa M23 n’ihuriro ry’Ingabo…

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yarashwe n’umzalendo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yarashwe n’umzalendo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 20/06/2024, nibwo umusirikare…

Abacanshuro bapfiriye mu mirwano ikaze yabereye mu nkengero za Kanyabayonga, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Abacanshuro bapfiriye mu mirwano ikaze yabereye mu nkengero za Kanyabayonga, mu Ntara ya Kivu Yaruguru. Ni abishwe mu mirwano ikomeje guhanganisha bikomeye abarwayi ba M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya…

Wazalendo basubiranyemo n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, maze batsa umuriro baramarana.

Wazalendo basubiranyemo n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, maze batsa umuriro baramarana. Ni imirwano yabereye mu gace ka Mabalako muri teritware ya Beni ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,…