• Fri. Jul 5th, 2024

Abarimo n’Abasirikare baregwa icyaha cyo gutera inkunga u mutwe wa, bakatiwe igihano cyo gufungwa abandi bagirwa abere.

Share with others

K’uwa Kane, w’ejo hashize, tariki ya 11/01/2024, abantu makumyabiri n’umwe(21), barimo n’Abasirikare ba biri bo mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bashinjwa icyaha cyo gutera inkunga u mutwe w’inyeshamba wa M23, bamwe muribo bakatiwe igihano cyo gufungwa kuva ku myaka itanu(5) kugeza ku myaka icumi(10) abandi bagizwe abere.

Nk’uko bya vuzwe ibi bya vuye mu myanzuro u rukiko rwa Gisirikare ruherereye i Gombe, k’u murwa mukuru w’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ariwo i Kinshasa.

Ay’amakuru akomeza avuga ko icenda(9), muri bariya makumyabiri n’umwe 21, bashinjwa icyaha cyo gutera inkunga u mutwe wa M23 urwanira mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya, nibo bagizwe abere naho bariya basirikare bo bahanwa igihano cyo gufungwa Imyaka 10, abatari abasirikare bahabwa igihano cyo gufungwa Imyaka 5.

Bruce Bahanda.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.