• Mon. Jul 8th, 2024

Month: July 2024

  • Home
  • Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yishongoye ku mutwe wa M23, avuga ko ingabo ze za wukubise.

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yishongoye ku mutwe wa M23, avuga ko ingabo ze za wukubise.

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yishongoye ku mutwe wa M23, avuga ko ingabo ze za wukubise. Ni mu birori iki gihugu cy’u Burundi giheruka kugira byo kwishimira umunsi w’u bwigenge…

Mu gihugu cya Kenya, imyigaragambyo yafashe indi ntera.

Mu gihugu cya Kenya, imyigaragambyo yafashe indi ntera. Ni imyigaragambyo ahanini y’iganjemo urubyiruko, aho rumaze igihe rukajije umurego, bakaba bari gutwika ibikorwa binyuranye mu Mujyi wa Nairobi, banangiza ibindi birimo…

Indege yarimo abantu 6 ya WFP, yafashwe n’inkongi y’u muriro, mu bice bya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Indege yarimo abantu 6 ya WFP, yafashwe n’inkongi y’u muriro, mu bice bya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya…

Abanyamulenge benshi barimo na Apostle Paul Gitwaza, batewe n’agahinda ku rupfu rwa Dr Justin Nsenga waguye muri Amerika.

Abanyamulenge benshi barimo na Apostle Paul Gitwaza, batewe n’agahinda ku rupfu rwa Dr Justin Nsenga waguye muri Amerika. Ni bikubiye mu butumwa, aba Banyamulenge bakomeje kunyuza ku mbuga nkoranyambanga, zitandukanye,…

I Lubero havuzwe intambara iremereye hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

I Lubero havuzwe intambara iremereye hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa. Ni imirwano yabaye kur’uyu w’ejo hashize tariki ya 02/07/2024, ibera mu duce two muri teritware ya…

Manzi Willy, uheruka gutorerwa kuyobora umutwe wa M23 mu mahanga(diaspora), yagaragaje ububi n’ubugome bwa leta ya Kinshasa.

Manzi Willy, uheruka gutorerwa kuyobora umutwe wa M23 mu mahanga(diaspora), yagaragaje ububi n’ubugome bwa leta ya Kinshasa. Ni bikubiye mu ibarwa uyu muhuza bikorwa wa M23 muri diaspora, yashize hanze…

Nyuma y’uko M23 igaragaje imbaraga zidasanzwe muri teritware ya Lubero, uyu munsi Wazalendo biraye mu baturage bica abasivile bagera ku 17.

Abantu bagera ku 17 baguye mu bitero byagabwe mu duce two muri teritwari ya Lubero. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 02/07/2024, abantu bagera ku 17 baguye mu bitero bya…

Bombori bombori iravugwa mu mutwe wa Gumino, ukorera mu misozi ya Uvira.

Bombori bombori iravugwa mu mutwe wa Gumino, ukorera mu misozi ya Uvira. Ahagana ku itariki ya 01/07/2024, umwe mu bayobozi ba Gumino yatawe muri yombi azira gushaka kwigumura kuri uyu…

M23, umutwe uyobowe na Berterand Bisimwa, bidasanzwe wongeye gukora ikintu gikomeye cyababaje ubutegetsi bwa Kinshasa.

M23, umutwe uyobowe na Berterand Bisimwa, bidasanzwe wongeye gukora ikintu gikomeye cyababaje ubutegetsi bwa Kinshasa. Ni M23 ubwayo yagaragaje ko yafashe ububiko bwuzuyemo ibikoresho bya gisirikare , birimo imbunda ziremereye…

Umwe mu bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa, yavuze mpuruyaha uko uwo mugambi wacuzwe.

Umwe mu bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa, yavuze mpuruyaha uko uwo mugambi wacuzwe. Nibyo Yusufu yavugiye mu rukiko i Kinshasa, umwe mubari mugatsiko kari kayobowe na Christian Malanga Musumari,…