• Mon. Jul 8th, 2024

Month: July 2024

  • Home
  • Impande zishyamiranye mu Burasirazuba bwa RDC (M23 na Kinshasa), zagize icyo zumvikanaho.

Impande zishyamiranye mu Burasirazuba bwa RDC (M23 na Kinshasa), zagize icyo zumvikanaho.

Impande zishyamiranye mu Burasirazuba bwa RDC (M23 na Kinshasa), zagize icyo zumvikanaho. Ni byatangajwe na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, aho ivuga ko yishimiye ko leta ya Kinshasa n’umutwe wa M23…

U Burundi bwavuze ibyo gukingura umupaka ubuhuza n’u Rwanda, buvuga n’icyakorwa kugira ngo bu wu kingure.

U Burundi bwavuze ibyo gukingura umupaka ubuhuza n’u Rwanda, buvuga n’icyakorwa kugira ngo bu wu kingure. N’ibyatangajwe na Guverinoma y’u Burundi binyuze kuri minisitiri wayo w’ubanye n’amahanga, bwana Albert Shingiro,…

Abakuwe mu byabo bari mu nkambi yahitwa DGDA muri Goma bakoze imyigarambyo basaba umutekano.

Abakuwe mu byabo bari mu nkambi yahitwa DGDA muri Goma bakoze imyigarambyo basaba umutekano. Ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki ya 04/07/2024 impunzi z’icyumbikiwe mu nkambi ya DGDA, imwe…

Apostle Dr Paul Gitwaza yagize icyavuga ku bwitange ababohoye i gihugu cy’u Rwanda bitanze, kandi arabashimira byimazeyo.

Apostle Dr Paul Gitwaza yagize icyavuga ku bwitange ababohoye i gihugu cy’u Rwanda bitanze, kandi arabashimira byimazeyo. Ni ku munsi w’ejo hashize, itariki ya 04/07/2024 u Rwanda rwibutse ku nshuro…

Abashinwa batandatu biciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Abashinwa batandatu biciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni abarwanyi ba CODECO bishe barashe abashinwa n’Abanyekongo barenze umwe mu gitero aba barwanyi bo mu mutwe wa CODECO bagabye ku…

Abanyamulenge bari gukorerwa serivisi mbi kuri ambasade ya Congo, iri mu gihugu cya Uganda, bazira ubwoko bwabo.

Abanyamulenge bari gukorerwa serivisi mbi kuri ambasade ya Congo, iri mu gihugu cya Uganda, bazira ubwoko bwabo. Ni ubutumwa bwahawe ubwanditsi bwa MCN, butanzwe n’umwe mu bakorewe aka karengane buvuga…

Imbere mu gihugu cy’u Burundi hagaragajwe inyandiko zicafuza perezida Evariste Ndayishimiye.

Imbere mu gihugu cy’u Burundi hagaragajwe inyandiko zicafuza perezida Evariste Ndayishimiye. Ni nyandiko zatangiye ku vugwa ku wa 01/07/2024, ku murwa mukuru w’i Ntara ya Gitega, murizo, zimwe zagiye zifatwa…

U Rwanda rwi butse ku nshuro ya 30 umunsi wo kwibohora, maze perezida Paul Kagame agira icyo asaba urubyiruko, kandi avuga ko u Rwanda ruzahora rutekanye.

U Rwanda rwi butse ku nshuro ya 30 umunsi wo kwibohora, maze perezida Paul Kagame agira icyo asaba urubyiruko, kandi avuga ko u Rwanda ruzahora rutekanye. Kuri uyu munsi wo…

Abapolisi babiri bo mu gihugu cya Sudan y’Epfo, bafatiwe ku butaka bwa Repubilika ya Demokarasi ya Congo.

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyafatiye abapolisi babiri bo mu gihugu cya Sudan y’Epfo, ku butaka bw’iki gihugu. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 03/07/2024,…

Abasirikare ba FARDC 25 bakatiwe urwo gupfa bazira guhunga M23 mu ntambara iri kubera muri teritware ya Lubero.

Abasirikare ba FARDC 25 bakatiwe urwo gupfa bazira guhunga M23 mu ntambara iri kubera muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru. Ni kuri uyu wa Gatatu tariki ya…