• Fri. Jul 5th, 2024

Month: July 2024

  • Home
  • U Rwanda rwi butse ku nshuro ya 30 umunsi wo kwibohora, maze perezida Paul Kagame agira icyo asaba urubyiruko, kandi avuga ko u Rwanda ruzahora rutekanye.

U Rwanda rwi butse ku nshuro ya 30 umunsi wo kwibohora, maze perezida Paul Kagame agira icyo asaba urubyiruko, kandi avuga ko u Rwanda ruzahora rutekanye.

U Rwanda rwi butse ku nshuro ya 30 umunsi wo kwibohora, maze perezida Paul Kagame agira icyo asaba urubyiruko, kandi avuga ko u Rwanda ruzahora rutekanye. Kuri uyu munsi wo…

Abapolisi babiri bo mu gihugu cya Sudan y’Epfo, bafatiwe ku butaka bwa Repubilika ya Demokarasi ya Congo.

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyafatiye abapolisi babiri bo mu gihugu cya Sudan y’Epfo, ku butaka bw’iki gihugu. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 03/07/2024,…

Abasirikare ba FARDC 25 bakatiwe urwo gupfa bazira guhunga M23 mu ntambara iri kubera muri teritware ya Lubero.

Abasirikare ba FARDC 25 bakatiwe urwo gupfa bazira guhunga M23 mu ntambara iri kubera muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru. Ni kuri uyu wa Gatatu tariki ya…

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yishongoye ku mutwe wa M23, avuga ko ingabo ze za wukubise.

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yishongoye ku mutwe wa M23, avuga ko ingabo ze za wukubise. Ni mu birori iki gihugu cy’u Burundi giheruka kugira byo kwishimira umunsi w’u bwigenge…

Mu gihugu cya Kenya, imyigaragambyo yafashe indi ntera.

Mu gihugu cya Kenya, imyigaragambyo yafashe indi ntera. Ni imyigaragambyo ahanini y’iganjemo urubyiruko, aho rumaze igihe rukajije umurego, bakaba bari gutwika ibikorwa binyuranye mu Mujyi wa Nairobi, banangiza ibindi birimo…

Indege yarimo abantu 6 ya WFP, yafashwe n’inkongi y’u muriro, mu bice bya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Indege yarimo abantu 6 ya WFP, yafashwe n’inkongi y’u muriro, mu bice bya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya…

Abanyamulenge benshi barimo na Apostle Paul Gitwaza, batewe n’agahinda ku rupfu rwa Dr Justin Nsenga waguye muri Amerika.

Abanyamulenge benshi barimo na Apostle Paul Gitwaza, batewe n’agahinda ku rupfu rwa Dr Justin Nsenga waguye muri Amerika. Ni bikubiye mu butumwa, aba Banyamulenge bakomeje kunyuza ku mbuga nkoranyambanga, zitandukanye,…

I Lubero havuzwe intambara iremereye hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

I Lubero havuzwe intambara iremereye hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa. Ni imirwano yabaye kur’uyu w’ejo hashize tariki ya 02/07/2024, ibera mu duce two muri teritware ya…

Manzi Willy, uheruka gutorerwa kuyobora umutwe wa M23 mu mahanga(diaspora), yagaragaje ububi n’ubugome bwa leta ya Kinshasa.

Manzi Willy, uheruka gutorerwa kuyobora umutwe wa M23 mu mahanga(diaspora), yagaragaje ububi n’ubugome bwa leta ya Kinshasa. Ni bikubiye mu ibarwa uyu muhuza bikorwa wa M23 muri diaspora, yashize hanze…

Nyuma y’uko M23 igaragaje imbaraga zidasanzwe muri teritware ya Lubero, uyu munsi Wazalendo biraye mu baturage bica abasivile bagera ku 17.

Abantu bagera ku 17 baguye mu bitero byagabwe mu duce two muri teritwari ya Lubero. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 02/07/2024, abantu bagera ku 17 baguye mu bitero bya…