• Wed. Jul 3rd, 2024

Month: July 2024

  • Home
  • Manzi Willy, uheruka gutorerwa kuyobora umutwe wa M23 mu mahanga(diaspora), yagaragaje ububi n’ubugome bwa leta ya Kinshasa.

Manzi Willy, uheruka gutorerwa kuyobora umutwe wa M23 mu mahanga(diaspora), yagaragaje ububi n’ubugome bwa leta ya Kinshasa.

Manzi Willy, uheruka gutorerwa kuyobora umutwe wa M23 mu mahanga(diaspora), yagaragaje ububi n’ubugome bwa leta ya Kinshasa. Ni bikubiye mu ibarwa uyu muhuza bikorwa wa M23 muri diaspora, yashize hanze…

Nyuma y’uko M23 igaragaje imbaraga zidasanzwe muri teritware ya Lubero, uyu munsi Wazalendo biraye mu baturage bica abasivile bagera ku 17.

Abantu bagera ku 17 baguye mu bitero byagabwe mu duce two muri teritwari ya Lubero. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 02/07/2024, abantu bagera ku 17 baguye mu bitero bya…

Bombori bombori iravugwa mu mutwe wa Gumino, ukorera mu misozi ya Uvira.

Bombori bombori iravugwa mu mutwe wa Gumino, ukorera mu misozi ya Uvira. Ahagana ku itariki ya 01/07/2024, umwe mu bayobozi ba Gumino yatawe muri yombi azira gushaka kwigumura kuri uyu…

M23, umutwe uyobowe na Berterand Bisimwa, bidasanzwe wongeye gukora ikintu gikomeye cyababaje ubutegetsi bwa Kinshasa.

M23, umutwe uyobowe na Berterand Bisimwa, bidasanzwe wongeye gukora ikintu gikomeye cyababaje ubutegetsi bwa Kinshasa. Ni M23 ubwayo yagaragaje ko yafashe ububiko bwuzuyemo ibikoresho bya gisirikare , birimo imbunda ziremereye…

Umwe mu bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa, yavuze mpuruyaha uko uwo mugambi wacuzwe.

Umwe mu bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa, yavuze mpuruyaha uko uwo mugambi wacuzwe. Nibyo Yusufu yavugiye mu rukiko i Kinshasa, umwe mubari mugatsiko kari kayobowe na Christian Malanga Musumari,…

Imyitwarire y’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Minembwe, ikomeje kurushaho kuba mibi.

Imyitwarire y’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Minembwe, ikomeje kurushaho kuba mibi. Nibikubiye mu butumwa bwanditse, abaturage baturiye komine Minembwe, bahaye ubwanditsi bwa MiCN, buvuga ko Ingabo za…

U Rwanda rwanditse amateka ubwo rwatahaga ku mugaragaro Stade Amahoro.

U Rwanda rwanditse amateka ubwo rwatahaga ku mugaragaro Stade Amahoro. Ni ku wa Mbere tariki ya 01/07/2024, u Rwanda rwakoze igikorwa cyo gutaha ku mugaragaro Stade Amahoro, aho uwo muhango…

Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, yatanze inama ku rubyiruko ababwira igihe cyiza cyo gushinga urugo.

Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, yatanze inama ku rubyiruko ababwira igihe cyiza cyo gushinga urugo. Nibyo yavugiye mu birori by’umunsi mukuru w’umuryango byizihizwa buri tariki ya 30/06, zaburi mwaka.…

Wazalendo mu burakari bw’uko M23 ikomeje kubarusha imbaraga ku kigero kiri hejuru cyane, batwitse imodoka zitanu z’amashirahamwe.

Wazalendo mu burakari bw’uko M23 ikomeje kubarusha imbaraga ku kigero kiri hejuru cyane, batwitse imodoka zitanu z’amashirahamwe. Imodoka zatwitswe n’insoresore za Wazalendo zigera muri zitanu, zitwikirwa mu bice biherereye muri…

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yanenze abuvuga ko iki gihugu ko kirimo ubukene.

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko nta bukene buri mu gihugu cye. Umukuru w’igihugu, Evariste Ndayishimiye yemeje ko igihugu cy’u Burundi kidakenye ngo kuko gifite umutahe kamere umuntu yaheraho…