• Sat. Jun 29th, 2024

Month: June 2024

  • Home
  • Croix-Rouge yavuze impamvu yahagaritse inkunga ku bavanwe mu byabo n’intambara , naho m23 yahishuye iherezo ry’iyi ntambara iri muri RDC.

Croix-Rouge yavuze impamvu yahagaritse inkunga ku bavanwe mu byabo n’intambara , naho m23 yahishuye iherezo ry’iyi ntambara iri muri RDC.

Umuryango mpuzamahanga wa Croix Rouge (ICRC), watangaje ko wahagaritse inkunga y’ibiribwa ku bimuwe n’intambara bari mu nkambi z’impunzi ziherereye muri teritware ya Nyiragongo, n’ahandi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni…

Mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, hongeye kwisuka abasirikare b’u Burundi benshi.

Mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, hongeye kwisuka abasirikare b’u Burundi benshi. Ni mu mpera z’iki Cyumweru dusoje nibwo abasirikare b’u Burundi bo mu itsinda rya TAFOC…

Abarwanyi baheruka kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa batangiye guhatwa ibibazo.

Abarwanyi baheruka kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa batangiye guhatwa ibibazo. Ni abarwanyi bagera kuri 40, bagerageje guhirika ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi i Kinshasa, muri uku kwezi gushize. Amakuru atangazwa…

Umusirikare ufite ipeti rya Captain mu ngabo za FARDC, yitandukanije n’iki gisirikare maze yiyunga ku basore b’irwanaho, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Umusirikare ufite ipeti rya Captain mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo yitandukanije n’iki gisirikare maze yiyunga ku basore b’irwanaho, mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.…

Itariki abagize Guverinoma nshya muri Repubulika ya demokarasi ya Congo bazarahiriraho ya menyekanye.

Itariki abagize Guverinoma nshya muri Repubulika ya demokarasi ya Congo bazarahiriraho ya menyekanye. Umuhango wo kurahira kwa bagize Guverinoma nshya ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, uzaba tariki ya 10…

Umubare w’abantu bari guhitanwa n’ubushyuhe budasanzwe, ukomeje kwiyongera mu gihugu cy’u Buhinde.

Ubushyuhe budasanzwe bwahitanye abantu benshi mu gihugu cy’u Buhinde. Ni mu Ntara ya Uttar Pradesh n’iya Odisha, niho abantu 53 bishwe n’ubushyuhe, nk’uko byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters.…

Abasirikare bakuru ba FARDC, baheruka kwitandukanya nayo, bagaragaje icyabibateye, maze bashira ubugome bwa leta ya Kinshasa hanze ku b’Atutsi, butuma benshi bahunga iyo leta.

Abasirikare bakuru bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo baheruka kwifatanya na M23, bahunze igisirikare cya FARDC bavuze icyabibateye. Ni mu kiganiro aba basirikare bakoreye kuri Channel ya You Tube…

Umugore niwe watsinze amatora yo mu gihugu cya Mexique, bikaba binabaye ubwa mbere kuva iki gihugu cyabona ubwigenge mu myaka 200 ishize.

Umugore niwe watsinze amatora yo mu gihugu cya Mexique, bikaba binabaye ubwa mbere kuva iki gihugu cyabona ubwigenge mu myaka 200 ishize. Ni Claudia Sheinbaum, niwe watsindiye kuba umukuru w’igihugu…

Havuzwe amakuru mashya y’inyeshamba ninshi z’ikindi gihugu, zahungiye muri RDC zifite n’imbunda.

Inyeshamba ninshi zirwanya ubutegetsi bwa leta ya Centrafrique zahungiye mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni byatangajwe n’umuyobozi wa teritware ya Ango ho mu Ntara ya Bas-Uele, mu…

M23 yavuze ibibi biri gukorwa n’Ingabo z’u muryango w’Abibumbye (Monusco), zibikoreye mu Burasirazuba bwa RDC.

Havuzwe ibibi biri gukorwa n’Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, Monusco, zibikoreye mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni biri mu itangazo ihuriro ry’u mutwe wa politiki n’igisirikare rya…