• Mon. Jul 1st, 2024

Month: June 2024

  • Home
  • Abaturage bo mu karere ka Rurambo, muri Kivu y’Epfo, batewe ubwoba n’ibirimo gukorerwa iwabo.

Abaturage bo mu karere ka Rurambo, muri Kivu y’Epfo, batewe ubwoba n’ibirimo gukorerwa iwabo.

Abaturage bo mu karere ka Rurambo, batewe ubwoba n’ibirimo gukorerwa iwabo. Kuva kuri uyu wa Kane wo kw’itariki ya 06/06/2024, mu bice byo muri Rurambo ho muri teritware ya Uvira,…

Ibyimbitse ku mirwano yo ku munsi w’ejo hashize tariki ya 06/06/2024, yabereye mu bice bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu zombi.

Ibyimbitse ku mirwano yo ku munsi w’ejo hashize tariki ya 06/06/2024 yabereye mu bice bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu zombi. Ni intambara yari ihanganishije uruhande rw’ingabo za Repubulika ya…

U Burusiya bwasezeranyije ibihugu birimo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ibikomeye.

U Burusiya bwasezeranyije ibihugu birimo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ibikomeye. Ni byatangajwe na perezidansi y’u Burusiya, aho yaburiye ibihugu by’u Burayi n’Amerika biha Ukraine intwaro zo kurasa ku butaka bw’u…

Impuruza ku cyorezo cy’amayobera cyadutse, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Impuruza ku cyorezo cy’amayobera cyadutse, kikaba kiri gufata abagabo n’abagore muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni cyorezo cy’amayobera cyadutse, kiri gufata abagabo basambanye badakoresheje agakingirizo. Amakuru dukesha abaturage, avuga…

Ku mugoroba wo ku wa Kane, habaye urugamba rukaze rukaba rwabereye mu nkengero za Centre ya Kanyabayonga.

Ku mugoroba wo ku wa Kane, habaye urugamba rukaze rukaba rwabereye mu nkengero za Centre ya Kanyabayonga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni urugamba rwabereye neza mu gace ka Bulindi…

Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, hafungiwe umunyamulenge wazize uko asa n’ubwoko bwe.

Byiringiro Robert ukunze gutangaza ko ari we muvugizi wa Twirwaneho, yahagaritswe n’inzego zishinzwe umutekano muri Uvira, azira uko asa. Ni ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, nibwo bwana…

Abarundi babuze amahitamo nyuma y’uko babujijwe kuja gushakira lisansi Uvira, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Lisansi ntizongera gucururizwa i Kamvimvira ku mupaka uhuza Congo n’u Burundi. Ni byatangajwe n’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Repubulika ya demokarasi ya Congo (DGM). Iki cyemezo cyahangayikishije benshi barimo abashoferi…

Amakuru arambuye ku ngabo ninshi za FARDC zageze muri Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Burasirazuba bwa RDC.

Amakuru arambuye ku ngabo ninshi za FARDC zageze muri Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Burasirazuba bwa RDC. Ni ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 06/06/2024,…

Abantu benshi bishwe batemaguwe, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Abantu benshi bishwe na barwanyi ba ADF, mu bice byo muri teritware ya Beni, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Abishwe ni abantu…

Bidasanzwe mu nkengero za Kanyabayonga, no muri centre yayo, hagaragaye ituze ridasanzwe.

I Kanyaboyonga hagaragaye ituze kuri uyu wa Kane, tariki ya 06/06/2024. Kuva isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa Kane, hagaragaye agahenge ka mahoro, muri Kanyaboyonga no mu nkengero zayo, nk’uko…