• Wed. Jun 26th, 2024

Month: June 2024

  • Home
  • Umututsikazi Uwera Grace yishwe urwagashinyaguro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Umututsikazi Uwera Grace yishwe urwagashinyaguro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Umututsikazi Uwera Grace yishwe urwagashinyaguro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Urubuga rwa Maisha RDC rwatanze amakuru muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26/06/2024,…

Imyigaragambyo imaze iminsi ibera i Nairobi mu gihugu cya Kenya yafashe indi ntera, ndetse igwamo n’abantu.

Imyigaragambyo imaze iminsi ibera i Nairobi mu gihugu cya Kenya yafashe indi ntera. Ni myigaragabyo igiye kumara iminsi ingana n’icyumweru ibera ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya Kenya…

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatanze igisubizo ku wa mubajije niba ari Umuhutu cyangwa Umututsi.

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatanze igisubizo ku wa mubajije niba ari Umuhutu cyangwa Umututsi. Paul Kagame kuri ubu uri kwiyamamaza ku mwanya w’u mukuru w’igihugu cy’u Rwanda, umukandida w’ishyaka…

Amakuru arambuye ku ngabo z’u muryango w’Abibumbye zahambiriye ziva muri Kivu y’Epfo.

Amakuru arambuye ku ngabo z’u muryango w’Abibumbye zahambiriye ziva muri Kivu y’Epfo. Ni kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25/06/2024, Ingabo z’u muryango w’Abibumbye zafunze amabiro yazo mu bice zakoreragamo…

Ibyimbitse ku gitero cyagabwe ku baturage b’irwanaho bazwi nka Twirwaneho mu misozi ya Rurambo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ibyimbitse ku gitero cyagabwe ku baturage b’irwanaho bazwi nka Twirwaneho mu misozi ya Rurambo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni igitero cyakozwe igihe c’isaha z’u mugoroba wajoro wo ku wa…

Bitunguranye abasirikare b’u Burundi benshi baguye mu mpanuka.

Bitunguranye abasirikare b’u Burundi benshi baguye mu mpanuka. Ni abasirikare babarirwa kuri 23 bo mu ngabo z’u Burundi bahitanywe n’impanuka y’imodoka, ubwo yari batwaye igwa ahantu hari igikunduke kirekire, ikaba…

Ibyo wamenya ku mirwano yasakiranije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa kuri uyu wa Mbere.

Ibyo wamenya ku mirwano yasakiranije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa kuri uyu wa Mbere wo kw’itariki ya 25/06/2024. Ni imirwano yabereye muduce dutandukanye harimo utubiri…

Abantu barenga icyenda bafatiwe i Kinshasa muruhame rw’abantu benshi bakora amahano.

Abantu barenga icyenda bafatiwe i Kinshasa muruhame rw’abantu benshi bakora amahano. Ni kuri uyu wa Mbere abashinzwe umutekano batangaje ko bataye muri yombi abantu icumi basambaniraga muruhame, ku murwa mukuru…

Ubuyobozi bwa M23 bwashize ukuri hanze, kubivugwa ku mugaba mukuru w’uyu mutwe, Major Gen Sultan Makenga.

Ubuyobozi bwa M23 bwashize ukuri hanze, kubivugwa ku mugaba mukuru w’uyu mutwe, Major Gen Sultan Makenga. Nibikubiye mu butumwa bwanditse umuvugizi wa M23 yashize hanze akoresheje urubuga rwa x, buvuga…

Havuzwe impamvu perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo atarindwa n’Ingabo za FARDC.

Havuzwe impamvu perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo atarindwa n’Ingabo za FARDC. Ni biri mu butumwa bwa mashusho bwashinzwe hanze hakoreshejwe imbuga nkoranya mbaga, aho ayo mashusho…